Leta y’u Rwanda yavuze ko imaze iminsi itanga abagabo k’ubushotoranyi bwa hato na hato bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Kubera iyo mpamvu, Guverinoma yatangaje ko...
Mu kiganiro kihariye Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yahaye Taarifa kubyo Perezida Tshisekedi aherutse gutangaza by’uko u Rwanda ari rwo ntandaro y’umutekano muke...
Mu masaha ya kare kuri uyu wa Mbere Taliki 28, Ugushyingo, 2022, muri Kenya harabera ibiganiro byitabirwa n’Abakuru b’ibihugu bya EAC ndetse n’imitwe y’inyeshyamba igera kuri...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Bwana Alain Mukuralinda yabwiye Taarifa ko amakuru y’uko u Burundi bwafunguye umupaka wabwo n’u Rwanda atarayamenya ariko ko ari buyatangaze...
Umuyobozi wa Transparency Internation, ishami ry’u Rwanda, Ingabire Immaculée avuga ko umuturage atari we umenya inyungu rusange kurusha Leta imushinzwe. Hari mu kiganiro yaraye ahaye Radio...