Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mukwege Ngo Insoresore Za Tshisekedi Zaramujujubije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mukwege Ngo Insoresore Za Tshisekedi Zaramujujubije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2023 2:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Denis Mukwege ashinja uruhande rushyigikiye Felix Tshisekedi kumubangamira mu bikorwa bye byo kwiyamamaza. Avuga ko hari insoresore zishyigikiye Tshisekedi zimanura amafoto ye aho amanitse zikayaca zigamije gukoma mu nkokora ukwiyamamaza kwe.

Mu ibaruwa ikubiyemo ibibazo ahurira nabyo mu kwiyamamaza kwe Radio Okapi ifitiye Kopi  yanditsemo ko hari ubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi butegeka ko amavuta y’indege yose ahari ahabwa indege za Leta bigatuma abakandida batabona amavuta ahagije yo kubajyana kure cyane aho biyamamariza.

Avuga ko Meya w’Umujyi wa Goma ari we uheretse gutegeka ko baca amashusho y’aho yari bwiyamamarize, kandi ngo babikoze habura iminsi mike ngo Tshisekedi ahagere.

Ibi ngo byanabereye i Kinshasa n’i Kananga.

Yunzemo ko bigoye ko hari undi wabona amavuta yo kugurira mu ndege ngo imuvane muri Kisangani cyangwa Bunia kuko yose aba yafashwe n’indege za Leta.

Ikindi ni uko n’indege ubwazo baba bazifashe ngo zizagendwamo n’abantu runaka bamaze kuzikodesha bityo abiyamamaza n’ababashyigikiye bakabura izo bagendamo.

Mukwege asaba Komisiyo y’amatora gukora k’uburyo abiyamamaza bose baba bafite uburenganzira bungana ku mutungo wa Leta, ntihagire ababangamira abandi, byose bigakora mu mucyo.

TAGGED:AmatorafeaturedKomisiyoMukwegeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bahuguwe Uko Batabara Abagize Impanuka Mu Gihe Ambulance Itaraza
Next Article Umurenge SACCO Zose Zigiye Gukoresha Ikoranabuhanga- Gov Rwangombwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?