Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mukwege Ngo Insoresore Za Tshisekedi Zaramujujubije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mukwege Ngo Insoresore Za Tshisekedi Zaramujujubije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2023 2:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Denis Mukwege ashinja uruhande rushyigikiye Felix Tshisekedi kumubangamira mu bikorwa bye byo kwiyamamaza. Avuga ko hari insoresore zishyigikiye Tshisekedi zimanura amafoto ye aho amanitse zikayaca zigamije gukoma mu nkokora ukwiyamamaza kwe.

Mu ibaruwa ikubiyemo ibibazo ahurira nabyo mu kwiyamamaza kwe Radio Okapi ifitiye Kopi  yanditsemo ko hari ubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi butegeka ko amavuta y’indege yose ahari ahabwa indege za Leta bigatuma abakandida batabona amavuta ahagije yo kubajyana kure cyane aho biyamamariza.

Avuga ko Meya w’Umujyi wa Goma ari we uheretse gutegeka ko baca amashusho y’aho yari bwiyamamarize, kandi ngo babikoze habura iminsi mike ngo Tshisekedi ahagere.

Ibi ngo byanabereye i Kinshasa n’i Kananga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yunzemo ko bigoye ko hari undi wabona amavuta yo kugurira mu ndege ngo imuvane muri Kisangani cyangwa Bunia kuko yose aba yafashwe n’indege za Leta.

Ikindi ni uko n’indege ubwazo baba bazifashe ngo zizagendwamo n’abantu runaka bamaze kuzikodesha bityo abiyamamaza n’ababashyigikiye bakabura izo bagendamo.

Mukwege asaba Komisiyo y’amatora gukora k’uburyo abiyamamaza bose baba bafite uburenganzira bungana ku mutungo wa Leta, ntihagire ababangamira abandi, byose bigakora mu mucyo.

TAGGED:AmatorafeaturedKomisiyoMukwegeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bahuguwe Uko Batabara Abagize Impanuka Mu Gihe Ambulance Itaraza
Next Article Umurenge SACCO Zose Zigiye Gukoresha Ikoranabuhanga- Gov Rwangombwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?