Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mukwege Ngo Insoresore Za Tshisekedi Zaramujujubije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Mukwege Ngo Insoresore Za Tshisekedi Zaramujujubije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2023 2:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Denis Mukwege ashinja uruhande rushyigikiye Felix Tshisekedi kumubangamira mu bikorwa bye byo kwiyamamaza. Avuga ko hari insoresore zishyigikiye Tshisekedi zimanura amafoto ye aho amanitse zikayaca zigamije gukoma mu nkokora ukwiyamamaza kwe.

Mu ibaruwa ikubiyemo ibibazo ahurira nabyo mu kwiyamamaza kwe Radio Okapi ifitiye Kopi  yanditsemo ko hari ubwo ubutegetsi bwa Tshisekedi butegeka ko amavuta y’indege yose ahari ahabwa indege za Leta bigatuma abakandida batabona amavuta ahagije yo kubajyana kure cyane aho biyamamariza.

Avuga ko Meya w’Umujyi wa Goma ari we uheretse gutegeka ko baca amashusho y’aho yari bwiyamamarize, kandi ngo babikoze habura iminsi mike ngo Tshisekedi ahagere.

Ibi ngo byanabereye i Kinshasa n’i Kananga.

Yunzemo ko bigoye ko hari undi wabona amavuta yo kugurira mu ndege ngo imuvane muri Kisangani cyangwa Bunia kuko yose aba yafashwe n’indege za Leta.

Ikindi ni uko n’indege ubwazo baba bazifashe ngo zizagendwamo n’abantu runaka bamaze kuzikodesha bityo abiyamamaza n’ababashyigikiye bakabura izo bagendamo.

Mukwege asaba Komisiyo y’amatora gukora k’uburyo abiyamamaza bose baba bafite uburenganzira bungana ku mutungo wa Leta, ntihagire ababangamira abandi, byose bigakora mu mucyo.

TAGGED:AmatorafeaturedKomisiyoMukwegeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bahuguwe Uko Batabara Abagize Impanuka Mu Gihe Ambulance Itaraza
Next Article Umurenge SACCO Zose Zigiye Gukoresha Ikoranabuhanga- Gov Rwangombwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?