Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Murakaza Neza Muri Israel- Perezida Herzog Abwira Ambasaderi W’U Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Murakaza Neza Muri Israel- Perezida Herzog Abwira Ambasaderi W’U Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2021 10:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Israel Isaac Herzog yakiriye Ambasaderi w’u Rwanda muri Israel Bwana James Gatera. Herzog yamubwiye ko u Rwanda ari inshuti magara ya Israel muri Afurika.

Yongeyeho ko kuba Israel nayo ifite Ambasade i Kigali ari ikintu cyiza cyerekana ko umubano w’ibihugu byombi ari mwiza kandi uzaramba.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Dr Ron Adam yigeze kubwira Taarifa ko igihugu cye gifitiye u Rwanda umugambi mwiza wo kurufasha mu iterambere ryarwo kandi mu nzego nyinshi.

Murakaza neza to Israel, @RwandaIsrael Amb. @JamesGatera! Rwanda is one of Israel's greatest friends in Africa. With a new Israeli embassy in Kigali, excited to deepen our ties in agriculture, development, security and more.🇮🇱🤝🇷🇼 pic.twitter.com/2X8vISzz1v

— יצחק הרצוג Isaac Herzog (@Isaac_Herzog) December 6, 2021

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Adam yatubwiye ko hari gahunda y’uko Israel izafasha Abanyarwanda kujya ku kwezi gukorera yo ubushakashatsi.

Mu butumwa Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda yagejeje ku Banyarwanda ubwo bizihizaga Umunsi wo kwibohora, Dr Ron Adam yavuze ko abaturage ba Israel  bazahora bakorana n’ab’u Rwanda  mu rugendo rwo kwibohora kugamije iterambere rirambye.

Ryavugaga ko imyaka 27 ishize u Rwanda rubohowe rwerekanye ko rukataje mu iterambere.

Hari Abanyarwanda benshi bari muri Kaminuza zitandukanye za Israel.

Bagiye kurahura yo ubwenge mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi, ubworozi, ikoranabuhanga ryifashisha mudasobwa, iby’umutekano,n’ibindi.

- Advertisement -

Hagati aho hari abaturage ba Israel bari mu Rwanda mu bikorwa bitandukanye birimo ubucuruzi, ibikorwa by’ubuhinzi n’ibindi.

Israel imaze koroza inka za kijyambere abaturage bo mu turere dutandukanye turimo Gusagara, Nyamasheke na Rulindo.

Ibikora binyuze mu kigo cya Israel gishinzwe iterambere mpuzamahanga, MASHAV.

TAGGED:AmbasaderifeaturedIsraelKaminuzaPerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umupolisi W’Inkoramahano
Next Article Mu Byo Gen Abel Kandiho Yazize Haba Harimo Abanyarwanda?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?