Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Kenya Impanuka Yahitanye Abantu 14
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muri Kenya Impanuka Yahitanye Abantu 14

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2022 4:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mpera z’Icyumweru gishize ikamyo yari igeze mu Karere ka Newala muri Kenya yarenze umuhanda isanga abaturage bishimira ko umwaka urangiye igongamo benshi. Abantu 14 nibo bamaze kubarurwa ko bayiguyemo mu gihe abandi 22 bakomeretse cyane.

Umuvugizi wa Polisi muri kariya gace witwa Mark Njera avuga ko iriya kamyo yirukaga cyane, biza gutuma ita umuhanda umushoferi agerageje kuyigarura biranga.

Uriya mupolisi avuga ko umushoferi yamaze gukora iriya mpanuka aho kugira ngo ahagarare arebe icyabaye ahubwo yahise yiruka, imodoka ayisiga aho.

Umwe mu babibonye avuga ko iriya kamyo yihutaga cyane ndetse ngo kuba hari umuntu warokotse ni amahirwe menshi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Undi mugore witwa Mariam Jumbe nawe ari aho byabereye avuga ko aho abaturage bari bari babyina, hari urusaku rwinshi k’uburyo n’induru itabaza kubera iriya mpanuka yumviswe n’abantu mbarwa!

TAGGED:IcyumweruKarereUmushoferi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abandura COVID-19 Muri Amerika Barenze Miliyoni Imwe Ku Munsi
Next Article Abantu 600 Bo Mu Majyepfo Basabwe Kuguma Mu Ntara Y’Amajyaruguru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?