Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Nyagatare Umugabo Yishe Nyarabukwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Muri Nyagatare Umugabo Yishe Nyarabukwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 August 2022 7:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Adolphe Mutuyubutatu akurikiranyweho kwica Nyirabukwe amuteye icyuma. Amakuru avuga ko mbere yo kumutera icyuma babanje gushyogoranya kuko uyu mugabo yari yagiye gucyura umugore we bwije bamusaba kuzaza habona undi ntiyabyakira neza.

Umugabo yari yabanje no kubabwira  nibatamuha umugore we azabatwikira mu nzu. Yishwe mu ijoro ryo ku wa 22 rishyira ku wa 23 Kanama, 2022.

Umukwe we yamuteye icyuma mu ijosi.

Ubuyobozi buvuga ko uriya mugabo yumvise ko bamwimye umugore we amutera icyuma mu ijosi.

Yaracitse…

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyagatare witwa Eulade avuga ko ubwo abaturage bahageraga ngo bafate uwari umaze gukora iryo shyano, yabiyatse ariruka arabacika.

Ati“Saa munani nibwo nari mpari dushakisha ahantu hose mu nkengero z’aho batuye nimba hari umuntu waba wamucumbikiye turamubura, kubera ko abaturage batabaye yabarushije imbaraga ariruka.”

Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 23, Kanama, 2022 umurimo wo guhiga uriya musore.

 Umurambo wa Mukandayisenga Pascasie wajyanywe kwa muganga gukorerwa isuzuma.

TAGGED:NyagatareNyirabukweUmugabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Buravan Yasezeweho Mu Cyubahiro Kitigeze Kibaho Ku Wundi Muhanzi
Next Article DRC: Ingabo Za MONUSCO Zavuye Ku Izima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?