Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Philippines Uwanze Gukingirwa COVID-19 Azafungwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Muri Philippines Uwanze Gukingirwa COVID-19 Azafungwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2021 6:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Duterte yaburiye abaturage bazinangira bakanga gukingirwa ko bazafungwa
SHARE

Perezida Duterte wa Philippines yaburiye abaturage b’igihugu cye ko uzanga gukingirwa COVID-19 azafungwa. Yababwiye ko Polisi ifite kasho na gereza bihagije bityo abasaba kumvira amabwiriza, bakemera gukingirwa bitaba ibyo bagafungwa.

Reuters yatangaje ko Perezida Duterte asaba abaturage b’igihugu ayoboye ko bagombye kumva ko kubakingira ari ingirakamaro kuri bo no ku gihugu ariko ko uzabyanga azaba ari gushyira igihugu mu kaga bityo ko Polisi itazamwihanganira.

Perezida Duterte

Hari video yasohotse yerekana Perezida Rodrigo Roa Duterte abwira bamwe mu bayobozi bakuru ba Philippines ko bagomba guhaguruka bagakingira abaturage kandi bakamenya abantu bose banze urukingo kugira ngo bagirwe inama, ariko abinangiye bafungwe.

Kuva icyorezo COVID-19 kigera muri Philippines umwaka ushize, hamaze kwandura abantu 1,364,239 , muri bo abarega 23,749 cyarabahitanye .

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubu kiriya giherereye muri Aziya y’Amajyepfo cyakingiyeabaturage bacyo  barenga 6,624,417.

Imibare yerekana ko abanduye COVID muri Philippines barenga miliyoni
Philippines ni igihugu kigizwe n’ibirwa giherereye muri Aziya y’Amajyepfo
TAGGED:COVIDfeaturedGufungwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Ingabo Z’Amahanga’ Zaje Kwigira Ku Ngabo Z’U Rwanda
Next Article Mu Bugesera Hari Umurenge Ushaka Ko ‘Ibyaha Bicika’ Mu Baturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?