Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Philippines Uwanze Gukingirwa COVID-19 Azafungwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Muri Philippines Uwanze Gukingirwa COVID-19 Azafungwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2021 6:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Duterte yaburiye abaturage bazinangira bakanga gukingirwa ko bazafungwa
SHARE

Perezida Duterte wa Philippines yaburiye abaturage b’igihugu cye ko uzanga gukingirwa COVID-19 azafungwa. Yababwiye ko Polisi ifite kasho na gereza bihagije bityo abasaba kumvira amabwiriza, bakemera gukingirwa bitaba ibyo bagafungwa.

Reuters yatangaje ko Perezida Duterte asaba abaturage b’igihugu ayoboye ko bagombye kumva ko kubakingira ari ingirakamaro kuri bo no ku gihugu ariko ko uzabyanga azaba ari gushyira igihugu mu kaga bityo ko Polisi itazamwihanganira.

Perezida Duterte

Hari video yasohotse yerekana Perezida Rodrigo Roa Duterte abwira bamwe mu bayobozi bakuru ba Philippines ko bagomba guhaguruka bagakingira abaturage kandi bakamenya abantu bose banze urukingo kugira ngo bagirwe inama, ariko abinangiye bafungwe.

Kuva icyorezo COVID-19 kigera muri Philippines umwaka ushize, hamaze kwandura abantu 1,364,239 , muri bo abarega 23,749 cyarabahitanye .

Ubu kiriya giherereye muri Aziya y’Amajyepfo cyakingiyeabaturage bacyo  barenga 6,624,417.

Imibare yerekana ko abanduye COVID muri Philippines barenga miliyoni
Philippines ni igihugu kigizwe n’ibirwa giherereye muri Aziya y’Amajyepfo
TAGGED:COVIDfeaturedGufungwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Ingabo Z’Amahanga’ Zaje Kwigira Ku Ngabo Z’U Rwanda
Next Article Mu Bugesera Hari Umurenge Ushaka Ko ‘Ibyaha Bicika’ Mu Baturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?