Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Uganda Twaraye Ducyuye Inganji- Intore Massamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Muri Uganda Twaraye Ducyuye Inganji- Intore Massamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2022 10:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Massamba Intore yatangarije Taarifa ko igitaramo yaraye akoreye mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 Lt Gen Muhoozi Kainerugaba amaze avutse, cyari imbaturamugabo kandi ngo we na Symphony Band yamucurangiraga, baraye bacyuye inganji.

‘Gucyura inganji’ avuga ni ukuhacana umucyo, abantu bakizihirwa  n’igitaramo, ntibagire icyo bakunenga.

Intore Massamba yatubwiye ko yaririmbye indirimbo zitwa Hobe, Agasaza, Nyaruguru, Inkotanyi Cyane( Muhoozi yahagutse arabyina kuko yari yarayimusabye),  Ikizungerezi, Rwanda – Uganda Bitajengwa  na Nani na Sisi Wenyewe.

https://twitter.com/MassambaIntore/status/1517990696686436360

Yabwiye Taarifa ko muri kiriya gitaramo hari Abanyarwanda benshi bamufashaga kubyina ziriya ndirimbo.

Massamba kandi yahaye Gen Muhoozi impano y’umupira wanditseho Inkotanyi Cyane, izina ry’indirimbo akunda cyane kandi ngo wamushimishije.

https://twitter.com/Toorochapter/status/1517861490090561536

Uyu musirikare mukuru yaboneyeho no kumutumira ngo aze kubataramira mu gitaramo Gen  Muhoozi ari bwifatanyemo n’abandi banyacyubahiro bakomeye.

Massamba yahaye Muhoozi impano y’umupira wanditseho Inkotanyi Cyane
Abafana ba Masamba muri Uganda bifatanyije nawe mu kuririmba indirimbo ze
TAGGED:featuredIntoreMassambaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abafaransa Baba Mu Rwanda Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu Cyabo
Next Article Batereye Padiri Icyuma Mu Kiliziya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

You Might Also Like

Ubukungu

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?