Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muri Uganda Twaraye Ducyuye Inganji- Intore Massamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Muri Uganda Twaraye Ducyuye Inganji- Intore Massamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2022 10:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Massamba Intore yatangarije Taarifa ko igitaramo yaraye akoreye mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 Lt Gen Muhoozi Kainerugaba amaze avutse, cyari imbaturamugabo kandi ngo we na Symphony Band yamucurangiraga, baraye bacyuye inganji.

‘Gucyura inganji’ avuga ni ukuhacana umucyo, abantu bakizihirwa  n’igitaramo, ntibagire icyo bakunenga.

Intore Massamba yatubwiye ko yaririmbye indirimbo zitwa Hobe, Agasaza, Nyaruguru, Inkotanyi Cyane( Muhoozi yahagutse arabyina kuko yari yarayimusabye),  Ikizungerezi, Rwanda – Uganda Bitajengwa  na Nani na Sisi Wenyewe.

https://twitter.com/MassambaIntore/status/1517990696686436360

Yabwiye Taarifa ko muri kiriya gitaramo hari Abanyarwanda benshi bamufashaga kubyina ziriya ndirimbo.

Massamba kandi yahaye Gen Muhoozi impano y’umupira wanditseho Inkotanyi Cyane, izina ry’indirimbo akunda cyane kandi ngo wamushimishije.

https://twitter.com/Toorochapter/status/1517861490090561536

Uyu musirikare mukuru yaboneyeho no kumutumira ngo aze kubataramira mu gitaramo Gen  Muhoozi ari bwifatanyemo n’abandi banyacyubahiro bakomeye.

Massamba yahaye Muhoozi impano y’umupira wanditseho Inkotanyi Cyane
Abafana ba Masamba muri Uganda bifatanyije nawe mu kuririmba indirimbo ze
TAGGED:featuredIntoreMassambaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abafaransa Baba Mu Rwanda Bitabiriye Amatora Y’Umukuru W’Igihugu Cyabo
Next Article Batereye Padiri Icyuma Mu Kiliziya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?