Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Batangiye Kwiherera Bategura Tour du Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Musanze: Batangiye Kwiherera Bategura Tour du Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2022 12:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuva kuri uyu wa Mbere Taliki 11, Ukwakira, 2022 mu Karere ka Musanze muri Africa Rising Cycling Center hatangiye umwiherero wo gutegura Tour du Rwanda 2023.

Bari kwitegura kandi andi marushanwa mpuzamahanga nka La Tropicale Amissa Bongo 2023, Shampiyona y’Afurika 2023 na Shampiyona y’Isi 2025.

Icyiciro cya mbere  cy’abakinnyi 18 kigizwe na bamwe mu bakinnyi bashya batarengeje imyaka 23 bakazamara iminsi 20 muri uriya mwiherero.

Abazatsinda uyu mwiherero baziyongerwaho abandi 12 bo kwitegura Tour du Faso izakinwa kuva 11, Ugushyingo, 2022.

Abo 12 bazinjira muri uriya mwiherero bazaba bagizwe n’abakinnyi batandatu bakuru na batandatu batarengeje imyaka 23 y’amavuko.

Mbere yo gukina shampiyona y’Afurika 2023 hazabanza gukonwa amasiganwa mpuzamahanga nka Tour du Faso 2022, La Tropicale Amissa Bongo 2023 na Tour du Rwanda 2023.

Uyu mwiherero uzamara amezi atanu.

Hagati aho hateganyijwemo umwiherero w’ibindi byiciro birimo z’ibindi ingimbi, abangavu n’abari n’abategarugori hagamijwe gutegura shampiyona y’Afurika 2023 ariko no gutangira gutegura Shampiyona y’isi izaba mu mwaka wa 2025 ikabera mu Rwanda.

TAGGED:AmagarefeaturedIsiganwaMusanzeTour du Rwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pocket Wifi Pro: Igikoresho Cy’Airtel Rwanda Kiguha Murandasi Ukishima
Next Article Bavuga Ko Bashaka Gufasha Leta Guha Abanyarwanda Bose Amashanyarazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?