Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Imbogo Zatorotse Pariki y’Ibirunga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Musanze: Imbogo Zatorotse Pariki y’Ibirunga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 January 2025 4:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri iki Cyumweru Tariki 19, Mutarama, 2025 abatuye Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze batunguwe no kubona imbogo ebyiri ziri kurisha mu mirima yabo.

Bahuruje habura uburyo bwo kuzisubiza muri Pariki biba ngombwa ko zicwa zirashwe.

Mu rwego rwo kwirinda ko zangiza byinshi zikaba zakwica n’abantu, abashinzwe umutekano bazirashe zirapfa.

Umuyobozi wa Pariki y’ibirunga Uwingeri Prosper yavuze ko izo mbogo zishwe, nyuma yo gutoroka Pariki zigatorongera ku buryo kuzisubiza mu ishyamba byasaga nk’aho bidashoboka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ati:” Nibyo ziciwe mu Murenge wa Kinigi ariko nta buzima bw’abaturage zatwaye. Zarasohotse zigera mu baturage cyane ku buryo kuzisubizayo biba bigoye arinabyo byatumye zicwa”.

Ahumuriza abaturage ko nta byacitse, ahubwo akasaba ko mu gihe bazibonye bazajya bamenyesha ubuyobozi kugira ngo bafatanye kubacungira umutekano.

Imiterere ya Pariki y’Akagera ituma inyamaswa zirisha zijya zitorongera zikajya mu mirima y’abaturage kandi hari n’abo zishe mu myaka yatambutse.

TAGGED:AbaturageImbogoKinigiMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakomoje Ku Bwicanyi Buri Mubashakanye
Next Article Kagame Arashaka Ko Umubano W’u Rwanda Na Togo Ujya Ku Rundi Rwego
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbutabera

Kigali: Mu Minsi 10 Polisi Imaze Gufata Ibilo 50 By’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuyobozi Mukuru Wa Croix Rouge Ku Rwego Rw’Isi Yasuye u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?