Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Imbogo Zatorotse Pariki y’Ibirunga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Musanze: Imbogo Zatorotse Pariki y’Ibirunga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 January 2025 4:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri iki Cyumweru Tariki 19, Mutarama, 2025 abatuye Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze batunguwe no kubona imbogo ebyiri ziri kurisha mu mirima yabo.

Bahuruje habura uburyo bwo kuzisubiza muri Pariki biba ngombwa ko zicwa zirashwe.

Mu rwego rwo kwirinda ko zangiza byinshi zikaba zakwica n’abantu, abashinzwe umutekano bazirashe zirapfa.

Umuyobozi wa Pariki y’ibirunga Uwingeri Prosper yavuze ko izo mbogo zishwe, nyuma yo gutoroka Pariki zigatorongera ku buryo kuzisubiza mu ishyamba byasaga nk’aho bidashoboka.

Yabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ati:” Nibyo ziciwe mu Murenge wa Kinigi ariko nta buzima bw’abaturage zatwaye. Zarasohotse zigera mu baturage cyane ku buryo kuzisubizayo biba bigoye arinabyo byatumye zicwa”.

Ahumuriza abaturage ko nta byacitse, ahubwo akasaba ko mu gihe bazibonye bazajya bamenyesha ubuyobozi kugira ngo bafatanye kubacungira umutekano.

Imiterere ya Pariki y’Akagera ituma inyamaswa zirisha zijya zitorongera zikajya mu mirima y’abaturage kandi hari n’abo zishe mu myaka yatambutse.

TAGGED:AbaturageImbogoKinigiMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakomoje Ku Bwicanyi Buri Mubashakanye
Next Article Kagame Arashaka Ko Umubano W’u Rwanda Na Togo Ujya Ku Rundi Rwego
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?