Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Umugenzi Yapfiriye Muri Gare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Musanze: Umugenzi Yapfiriye Muri Gare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 July 2023 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu taliki 28, Nyakanga, 2023 umugabo witwa Théogène Twagirimana yapfiriye muri Gare ya Musanze nyuma yo kugwa hasi.

Yari akiri muto kuko yari afite imyaka 37 y’amavuko.

Ubutabazi bwamukorewe ngo barebe ko yazanzamuka ntacyo bwagezeho kuko yagejejwe kwa bitaro bya Muhoza yarangije kunogoka.

Iby’urupfu rwe kandi byamejwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari byabeyeremo ka Kigombe  witwa Assoumini Mukamusoni .

Uyu muyobozi yabwiye Kigali Today dukesha iyi nkuru ko amakuru yamugezeho yavugaga ko uriya mugenzi yavaga i Musanze atashye i Gakenke.

Ati “Ni umugenzi watahaga yerekeza iwabo mu Karere ka Gakenke. Ntabwo twamenya ngo yavaga he ariko yari ari kumwe n’umuvandimwe we bageze muri gare ya Musanze yitura hasi ahita apfa”.

Umuvandimwe we witwa Marcel Birutakwinginga yabwiye ubuyobozi ko umuvandimwe we yari asanzwe arwaye.

Uwo muyobozi yavuze ko batamenye impamvu yateye uwo mugabo kwitura hasi mu buryo butunguranye, gusa ngo amakuru bahawe n’umuvandimwe we bari kumwe witwa Birutakwinginga Marcel, yemeje ko ngo yari asanzwe arwaye.

TAGGED:featuredGakenkeGareMusanzeUmugenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Obasanjo Agiye Kunga Ruto Na Odinga
Next Article Niger: Abaturage Bigabije Ambasade Y’Ubufaransa, Batsika Ibendera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Kayonza: Imvura Yishe Batandatu Biganjemo Abana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukunguUbuzima

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?