Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, abaturage ba Yeruzalemu bakanguwe n’urusaku rw’ibisasu biremereye byaturikiye aho abagenzi bategera imodoka. Umwangavu umwe niwe wahasize ubuzima abandi 19...
Mu Murenge wa Busasamana ahari Gare ya Nyanza haraye hapfiriye umusaza w’imyaka 56 wari waje gutega imodoka. Yahageze aricara arayitegereza ariko apfa ataramugeraho. UMUSEKE wanditse ko...
Akarere ka Rubavu kari mu Turere dukunze gusurwa n’abantu bava muri Kigali bagiye kuharuhukira kubera ko ari ahantu habereye ijisho kubera ikiyaga cya Kivu. Hanakoreshwa n’abacuruzi...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko gahunda yo gukingirira abantu aho bategera imodoka yatekerejweho hagamijwe kurushaho kwegera abaturage, nyuma y’uko umuvuduko wo kwikingiza COVID-19 muri...
Mu gihe Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gukingira COVID-19, imbaraga zerekejwe ahantu hahurira abantu benshi nko muri za gare zitegerwamo imodoka no mu mashuri, kugira ngo hatagira...