Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Umuyobozi Bamusanganye Kanyanga Arabacika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Musanze: Umuyobozi Bamusanganye Kanyanga Arabacika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 October 2023 7:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo ushinzwe amakuru mu Mudugudu wa Gataba, Akagari ka Gasakura mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze bamusatse bamusangana kanyanga irasaho umwambi ikaka ndetse n’inzoga yitwa Vodka bivugwa ko yakuraga muri Uganda mu buryo bwa Magendu.

Yafashwe ku wa 5 Ukwakira 2023 mu mukwabo wo gufata abaturage bari bataburuye inka yahambwe yipfishije maze bakayirya.

Ubwo ubuyobozi bwajyaga kumushaka kuko nawe yari mubakekwagaho kurya iyo nka, bwaje kumenya ko afite n’izo nzoga zitemewe n’amategeko y’u Rwanda bumusatse burazihasanga ariko we abimenya kare aracika.

Abayobozi bamusanganye Kanyanga, Vodka, amasashi 60 y’inzoga yitwa Crane n’izindi z’amoko atandukanye zituruka mu gihugu cya Uganda binyuze muri magendu

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gacaca witwa Nsengimana Aimable yabwiye  Kigali Today ko ibi ari ibintu bigayitse ku muyobozi.

Ati: “Kugeza ubu aracyashakishwa ngo akurikiranwe hamenyekane ibindi kubyo akekwaho. Ariko twamubona tutamubona ikiriho ni uko imyitwarire nk’iyo idakwiye kuko igayitse, ikanatanga isura mbi.”

Yavuze ko nta na rimwe ubuyobozi buzemerera umuntu wese kwishora mu bikorwa bifitanye isano n’ibyo bya magendu n’ibiyobyabwenge.

TAGGED:featuredGitifukanyangaMusanzeRwandaUgandaUmunyamabanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Colonel Mu Ngabo Za Israel Yiciwe Mu Gifaro
Next Article Iran Irashinjwa Gufasha Hamas Gutegura Igitero Yagabye Kuri Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?