Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Musanze: Umuyobozi Bamusanganye Kanyanga Arabacika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Musanze: Umuyobozi Bamusanganye Kanyanga Arabacika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 October 2023 7:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo ushinzwe amakuru mu Mudugudu wa Gataba, Akagari ka Gasakura mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze bamusatse bamusangana kanyanga irasaho umwambi ikaka ndetse n’inzoga yitwa Vodka bivugwa ko yakuraga muri Uganda mu buryo bwa Magendu.

Yafashwe ku wa 5 Ukwakira 2023 mu mukwabo wo gufata abaturage bari bataburuye inka yahambwe yipfishije maze bakayirya.

Ubwo ubuyobozi bwajyaga kumushaka kuko nawe yari mubakekwagaho kurya iyo nka, bwaje kumenya ko afite n’izo nzoga zitemewe n’amategeko y’u Rwanda bumusatse burazihasanga ariko we abimenya kare aracika.

Abayobozi bamusanganye Kanyanga, Vodka, amasashi 60 y’inzoga yitwa Crane n’izindi z’amoko atandukanye zituruka mu gihugu cya Uganda binyuze muri magendu

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gacaca witwa Nsengimana Aimable yabwiye  Kigali Today ko ibi ari ibintu bigayitse ku muyobozi.

Ati: “Kugeza ubu aracyashakishwa ngo akurikiranwe hamenyekane ibindi kubyo akekwaho. Ariko twamubona tutamubona ikiriho ni uko imyitwarire nk’iyo idakwiye kuko igayitse, ikanatanga isura mbi.”

Yavuze ko nta na rimwe ubuyobozi buzemerera umuntu wese kwishora mu bikorwa bifitanye isano n’ibyo bya magendu n’ibiyobyabwenge.

TAGGED:featuredGitifukanyangaMusanzeRwandaUgandaUmunyamabanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Colonel Mu Ngabo Za Israel Yiciwe Mu Gifaro
Next Article Iran Irashinjwa Gufasha Hamas Gutegura Igitero Yagabye Kuri Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?