Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Museveni Yaganiriye Na Kagame Nyuma Y’Igihe Badahura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Museveni Yaganiriye Na Kagame Nyuma Y’Igihe Badahura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2022 12:03 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Uganda yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame. Byabereye i Nairobi aho Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye mu muhango wo kwakira DRC mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba.

Ntiharatangazwa ibyo Abakuru b’Ibihugu byombi baganiriyeho ariko birashoboka ko bagarutse ku ntambwe imaze iminsi itewe mu kunoza umubano hagati ya Kigali na Kampala.

Ni intambwe yatewe nyuma y’ingendo ebyiri umuhungu wa Perezida Museveni akaba n’umujyanama we mu bya gisirikare Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yagiriye i Kigali agahura na Perezida Kagame.

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni muri Kenya, aho bitabiriye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano yo kwinjira mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba kwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. #RBAAmakuru pic.twitter.com/abyQ6wP9dX

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) April 8, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Izi ngendo  zakurikiwe no gufungura umupaka wa Gatuna wari umaze igihe ufunzwe kubera umwuka mubi wari uri hagati y’ibihugu byombi.

Perezida Kagame yaherukaga guhura na Perezida Museveni mu mezi menshi ashize, ubwo bari bari mu biganiro byari biyobowe na Angola byashakaga icyatuma umubano hagati y’u Rwanda na Uganda wongera kuba mwiza.

TAGGED:featuredIbihuguKagameKampalaKigaliMuseveniRwandaUgandaUmubanoUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Ari Muri Kenya Ahagiye Kwakirirwa DRC Muri EAC
Next Article Ikarita Nshya Ya EAC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?