Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yakiriwe Na Macron Mu Biro Bye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Mushikiwabo Yakiriwe Na Macron Mu Biro Bye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2021 8:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga Mukuru W’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yaraye ahuye na Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron baganira ku iterambere ry’uriya muryango.

Bombi baherukanaga ubwo Mushikiwabo yayamamarizaga kandi agatorerwa kuyobora uriya muryango asimbuye umunya Haïti kazi Madamu Michaëlle Jean.

Louise Mushikiwabo yatorewe mu Murwa mukuru wa Arménie witwa Erévan.

Ku rubuga rwa Twitter rw’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa handitse ko Mushikiwabo yaganiriya na Macron ibijyanye n’uburyo uriya muryango wakomeza kongera imbarag mu iterambere ry’ibihugu biwugize, hagamijwe kurushaho kuwongerera imbaraga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi hari mu buryo bwo kuganira aho imyiteguro yo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga wahariwe ururimi rw’Igifaransa.

Baganiriye ku iterambere rya Francophonie

Ubwo Mushikiwabo yiyamamarizaga uyu mwanya, Emmanuel Macron yari amushyigikiye.

Yagize ati: “ Kugira umukandida uturutse muri Africa ni ingenzi kandi iyo ari umugore biba ingenzi kurushaho.”

Icyo gihe, hari muri 2018, Emmanuel Macron yavuze Mushikiwabo afite ibikenewe byose ngo akore akazi ko kuyobora uriya muryango.

Mushikiwabo niwe mugore w’Umunyafurikakazi watsindiye kuyobora uriya muryango.

- Advertisement -
TAGGED:featuredMacronMushikiwabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yari Inshuti Y’Igihugu Cyacu – Perezida Kagame Avuga Ku Rupfu Rwa Magufuli
Next Article Inzu Yubakirwa Umusaza Nyagashotsi Igeze Kure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?