Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Mushikiwabo Yamaganye Ubwicanyi Buherutse Kubera Muri Burkina Faso
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Mushikiwabo Yamaganye Ubwicanyi Buherutse Kubera Muri Burkina Faso

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 June 2021 11:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yamaganye ubwicanyi buherutse gukorerwa abaturage ba Burkina Faso, avuga ko ari ubunyamaswa bukwiye kwamaganwa.

Guverinoma ya Burkina Faso niyo yaraye  itangaje ko abantu 132 biciwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro mu gace ka Solhan, mu Majyaruguru y’icyo gihugu.

Iki gitero cyagabwe ahagana saa munani z’igicuku. Ni cyo gihitanye abantu benshi muri icyo gihugu kuva mu 2015.

Perezida Roch Marc Christian Kaboré yahise atangaza amasaha 72 y’icyunamo, mu guha icyubahiro abishwe.

Uretse kwica abantu, abagabye kiriya gitero batwitse inzu zirimo n’isoko ryo muri kariya gace.

Madamu Louise Mushikiwabo yavuze ubuyobozi bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa wifatanyije n’abaturage ba Burkina Faso.

Ku rubuga rwa Twitter rwawo handitse ko ‘Mushikiwabo yababajwe’ na kiriya gitero kandi ko acyamaganye kuko ari igikorwa cy’ubunyamaswa cyahitanye ubuzima bw’abantu barenga 100.

Burkina Faso ni kimwe mu bihugu bigize Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Organisation Internationale de la Francophonie, uyu muryango ukaba ufite icyicaro, i Paris mu Bufaransa.

Buriya bwicanyi bwabereye muri kariya gace
TAGGED:Burkina FasofeaturedMushikiwaboUbwicanyiUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pasiteri Wo Muri Nigeria Uzwi Cyane Muri Afurika No Muri Amerika Yapfuye
Next Article Ikipe Y’U Rwanda Y’Abagore Muri Cricket Itangiye Itsinda Ayo Bahanganye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?