Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse Ubundi Bwoko Bwa COVID, Bwihunduranyije Inshuro 46
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Hadutse Ubundi Bwoko Bwa COVID, Bwihunduranyije Inshuro 46

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2022 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashakashatsi bo mu Bufaransa babonye ubundi bwoko bwa COVID-19 bavuga ko bwihinduranya inshuro 46 bukomoka muri Cameron. Babaye babwise IHU.

Nabwo ngo bwandura vuba kandi urukingo ntirupfa kubuhangamura.

 Ababwanduye 12  bagaragaye mu mujyi wa Marseille, ariko umuntu wa mbere bwagaragayeho yari aturutse muri Cameroun.

Ubwoko IHU buje busanga Omicron nayo iri gutitiza Isi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ntibiramenyekana neza niba bufite ubukana bwo kwandura buruta ubwa Omicron yihariye 60% by’abanduye COVID-19 mu Bufaransa aharagaye IHU bwa mbere ku isi.

Professor Philippe Colson uyoboye itsinda ry’abaganga bavumbuye ubu bwandu avuga ko babonye abantu benshi babwanduye i Marseille kandi ngo nibo bahisemo kubwita IHU mu gihe bagitegereje ko OMS/WHO igira icyo ibutangazaho.

Bwazanywe mu Bufaransa n’umuntu wari uturutse muri Cameron

Izina rya gihanga bahaye buriya bwandu ni B.1.640.2, bakaba babutangarije mu nyandiko ya gihanga yasohotse ku rubuga medRxiv.

Ibipimo byarekana ko buriya bwandu bushya bwifitemo akaremangingo kitwa E484K gatuma bigoye ko inkingo ziruhangamura.

Bwifitemo n’akandi kitwa N501Y kabufasha gukwirakwira vuba.

- Advertisement -

Hari n’abahanga bavuga ko ubu bwandu bufitanye isano na Omicron iri hirya no hino ku isi muri iki gihe.

TAGGED:BufaransaCameronCOVID-19featuredIHUUbwoko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vital Kamerhe Wari Uherutse Gufungurwa ‘Yavuye’ Mu Gihugu
Next Article Perezida Wa Mozambique N’Umugore We Banduye COVID
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?