Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Myugariro wa Police FC Ufite Imvune Ari Mu Myitozo Imenyereza Imikaya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Myugariro wa Police FC Ufite Imvune Ari Mu Myitozo Imenyereza Imikaya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2021 2:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Myugariro w’ibumoso muri Police FC, Muvandimwe Jean Marie Vianney yatangiye imyitozo. Yari amaze igihe afite mvune yagize ituma atizabira imyitozo n’imikino itandukanye. Muri iki gihe ari gukora imyitozo yo kugorora imitsi n’imikaya(muscles).

Ubwo Police FC yiteguraga gutangira Shampiyona mu Ugushyingo, 2020 nibwo Muvandimwe Jean Marie Vianney yavunitse mu ivi.

Nyuma ubuyobozi bwa Police FC bwafashe umwanzuro wo kumuha ikiruhuko, abagwe, nyuma azagaruke mu kibuga  ameze neza.

Nyuma y’igihe runaka ari kuvurwa, yaje koroherwa, ategekwa n’umutoza kuzajya  akora imyitozo yoroheje.

Aganira na Taarifa yavuze ko adafite impungenge zo kuzataka umwanya mu kipe n’ubwo yavunitse.

Ati: “Nta mpungenge mfite zo gutakaza umwanya mu kipe yanjye, kuko izi neza ubushobozi mfite. Bazi akamaro mbafitiye, mbese baranzi neza kuko tumaranye imyaka igera muri itandatu. Urumva ko banzi neza. Naje nkiri muto, ubu maze gukura kandi hari ibyo nabafashije byinshi. Urumva ko nta kibazo mbifiteho byo kuba natakaza umwanya.”

Avuga ko igihe bitashoboka ko akomezanya nabo yahabwa amahirwe agashakira indi.

Akomeje imyitozo ahabwa n’abaganga yo kugorora imitsi n’imikaya kugira ngo mu gihe gito kiri imbere azashobore gukomeza imyitozo isanzwe.

TAGGED:featuredMyugariroPolice
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Akanama Nkemurampaka Ka MissRwanda 2021 Nta Mugabo Urimo
Next Article Umugambi W’u Bufaransa Muri Sahel Uracyakomeje
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?