Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Myugariro wa Police FC Ufite Imvune Ari Mu Myitozo Imenyereza Imikaya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Myugariro wa Police FC Ufite Imvune Ari Mu Myitozo Imenyereza Imikaya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2021 2:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Myugariro w’ibumoso muri Police FC, Muvandimwe Jean Marie Vianney yatangiye imyitozo. Yari amaze igihe afite mvune yagize ituma atizabira imyitozo n’imikino itandukanye. Muri iki gihe ari gukora imyitozo yo kugorora imitsi n’imikaya(muscles).

Ubwo Police FC yiteguraga gutangira Shampiyona mu Ugushyingo, 2020 nibwo Muvandimwe Jean Marie Vianney yavunitse mu ivi.

Nyuma ubuyobozi bwa Police FC bwafashe umwanzuro wo kumuha ikiruhuko, abagwe, nyuma azagaruke mu kibuga  ameze neza.

Nyuma y’igihe runaka ari kuvurwa, yaje koroherwa, ategekwa n’umutoza kuzajya  akora imyitozo yoroheje.

Aganira na Taarifa yavuze ko adafite impungenge zo kuzataka umwanya mu kipe n’ubwo yavunitse.

Ati: “Nta mpungenge mfite zo gutakaza umwanya mu kipe yanjye, kuko izi neza ubushobozi mfite. Bazi akamaro mbafitiye, mbese baranzi neza kuko tumaranye imyaka igera muri itandatu. Urumva ko banzi neza. Naje nkiri muto, ubu maze gukura kandi hari ibyo nabafashije byinshi. Urumva ko nta kibazo mbifiteho byo kuba natakaza umwanya.”

Avuga ko igihe bitashoboka ko akomezanya nabo yahabwa amahirwe agashakira indi.

Akomeje imyitozo ahabwa n’abaganga yo kugorora imitsi n’imikaya kugira ngo mu gihe gito kiri imbere azashobore gukomeza imyitozo isanzwe.

TAGGED:featuredMyugariroPolice
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Akanama Nkemurampaka Ka MissRwanda 2021 Nta Mugabo Urimo
Next Article Umugambi W’u Bufaransa Muri Sahel Uracyakomeje
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?