Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwunganizi Wa Kabuga Félicien Yivanye Mu Rubanza Rwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Umwunganizi Wa Kabuga Félicien Yivanye Mu Rubanza Rwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2021 6:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umufaransa Emmanuel Altit wunganiraga Kabuga Félicien ushinjwa kuba umuterankunga wa Jenoside yakorewe Abatutsi, yivanye mu rubanza n’ubwo rutaratangira mu mizi.

Kabuga yafatiwe mu Bufaransa ku wa 16 Gicurasi 2020, ubu afungiwe i La Haye mu Buholandi, muri gereza y’Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rushinzwe kurangiza imanza zasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwari rwarashyiriweho u Rwanda.

Amakuru atangwa na Jeune Afrique ahamya ko Me Altit wanunganiye Laurent Gbagbo wabaye Perezida wa Côte d’Ivoire, yavanye mu rubanza, nubwo impamvu zabyo zitatangajwe.

Bivuze ko Kabuga w’imyaka 87 agomba gushaka abandi bazamwunganira muri uru rubanza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kabuga akurikiranyweho ibyaha birimo icyaha cya Jenoside, ubufatanyacyaha mu cyaha cya Jenoside, gukangurira abantu gukora Jenoside, ubwinjiracyaha bwa Jenoside n’ibindi bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Me Emmanuel Altit


TAGGED:AmategekofeaturedKabugaUmufaransaUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BNR Yagumishije Igipimo Fatizo Cy’Inyungu Yayo Kuri 4.5 Ku Ijana
Next Article Perezida Emmanuel Macron ‘Azasura’ U Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?