Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Namibia Nticyohereje Abasirikare Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Namibia Nticyohereje Abasirikare Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 December 2023 11:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hage Geingob uyobora Namibia yashimangiye ko igihugu cye kitazohereza ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu rwego rw’ubutumwa bwo kubungabunga amahoro bwa SADC.

Abitangaje hashize igihe gito ibihugu bigize uyu muryango byiyemeje kuzohereza abasirikare muri DRC mu rwego rwo guhashya M23.

Namibia ivuga ko nta buryo ifite bwo kuzita kuri bariya basirikare.

Perezida Hage Geingob ati: “Navuze ko tutazohereza ingabo, ntabwo dufite uburyo bwo kubikora ariko Afurika y’Epfo na bo bemeye kohereza izo ngabo babikora.”

Hage Geingob uyobora Namibia

Icyemezo cyo kohereza ingabo za SADC mu Burasirazuba bwa Congo cyagezweho mu nama yabereye i Windhoek Mu Murwa mukuru wa Namibia muri Gicurasi 2023.

N’ubwo Namibia ivuga ko itazohereza ingabo zayo muri DRC, ku rundi ruhande,  yiyemeje ko izatanga amafaranga nk’inkunga.

Biteganyijwe ko ingabo z’Akarere ka Afurika y’Uburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo ziva muri icyo gihugu mbere y’uko ingabo za SADC zihagera.

TAGGED:DRCIngaboNamibiaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article BK Irashaka Gukorera Byose Mu Ikoranabuhanga
Next Article Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Kwiga Igifaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?