Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ndayishimiye Arashaka Gufatanya Na Tshisekedi Mu Bya Gisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ndayishimiye Arashaka Gufatanya Na Tshisekedi Mu Bya Gisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 August 2023 10:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Évariste Ndayishimiye uyobora Uburundi ari muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Ku rutonde rw’ibyo azakora harimo no kuzasinyana na mugenzi we Felix Tshisekedi amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare.

Yarutangiye kuri iki Cyumweru taliki 27, Kanama, 2023.

Abakuru b’ibihugu byombi bazaganira uko umutekano muke uhagaze mu Karere biherereyemo.

Uburundi busanzwe bufite  abasirikare boherejwe yo kurwanya inyeshyamba zihamaze imyaka myinshi harimo na M23 ivuga ko iharanira uburenganzira bw’abaturage bavuga Ikinyarwanda bakunze kwibasirwa n’ubutegetsi bw’i Kinshasa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Minisitiri w’Intebe wa DRC witwa Jean-Michel Sama Lukonde niwe wakiriye Perezida Ndayishimiye ubwo yari ageze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cya N’djili ku mugoroba wo ku Cyumweru.

Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere taliki 28, Kanama, 2023 ari bwo abayobozi ku bihugu byombi bari businye amasezerano atandukanye harimo n’ay’ubufatanye mu bya gisirikare.

Muri DRC hari ingabo 1000 z’Uburundi zoherejwe muri RDC n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba nk’uko byemeranyijwe mu masezerano y’i Nairobi n’i Bujumbura.

Aya masezerano yasinywe hagamijwe gushaka ibisubizo ku bibazo by’umutekano muri RDC.

TAGGED:BurundiCongoDRCfeaturedIgisirikareInyeshyambaM23NdayishimiyeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Baturutse Mu Turere 13 Bajye Gusengera i Musanze Mu Rugo Rw’Umuturage
Next Article Umuzungu Yishe Abirabura Batatu Abasanze Mu Iduka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?