Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ndayishimiye Arashaka Gufatanya Na Tshisekedi Mu Bya Gisirikare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ndayishimiye Arashaka Gufatanya Na Tshisekedi Mu Bya Gisirikare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 August 2023 10:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Évariste Ndayishimiye uyobora Uburundi ari muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Ku rutonde rw’ibyo azakora harimo no kuzasinyana na mugenzi we Felix Tshisekedi amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare.

Yarutangiye kuri iki Cyumweru taliki 27, Kanama, 2023.

Abakuru b’ibihugu byombi bazaganira uko umutekano muke uhagaze mu Karere biherereyemo.

Uburundi busanzwe bufite  abasirikare boherejwe yo kurwanya inyeshyamba zihamaze imyaka myinshi harimo na M23 ivuga ko iharanira uburenganzira bw’abaturage bavuga Ikinyarwanda bakunze kwibasirwa n’ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Minisitiri w’Intebe wa DRC witwa Jean-Michel Sama Lukonde niwe wakiriye Perezida Ndayishimiye ubwo yari ageze ku Kibuga mpuzamahanga cy’indege cya N’djili ku mugoroba wo ku Cyumweru.

Biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere taliki 28, Kanama, 2023 ari bwo abayobozi ku bihugu byombi bari businye amasezerano atandukanye harimo n’ay’ubufatanye mu bya gisirikare.

Muri DRC hari ingabo 1000 z’Uburundi zoherejwe muri RDC n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba nk’uko byemeranyijwe mu masezerano y’i Nairobi n’i Bujumbura.

Aya masezerano yasinywe hagamijwe gushaka ibisubizo ku bibazo by’umutekano muri RDC.

TAGGED:BurundiCongoDRCfeaturedIgisirikareInyeshyambaM23NdayishimiyeTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Baturutse Mu Turere 13 Bajye Gusengera i Musanze Mu Rugo Rw’Umuturage
Next Article Umuzungu Yishe Abirabura Batatu Abasanze Mu Iduka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?