Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Neymar Aranugwanugwa Muri Chelsea
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Neymar Aranugwanugwa Muri Chelsea

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2023 3:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ataremezwa na rumwe mu mpande bireba ariko yamwenywe n’itangazamakuru avuga ko rutahizamu wo muri Paris Saint Germain witwa Neymar anugwanugwa muri Chelsea mu munsi iri imbere, ‘deal’ nirangira.

Ibiganiro biherutse kuba ‘mu ibanga’ hagati ya Perezida wa Paris Saint Germain witwa Nasser Al Khelaifi n’umwe mu bashinze Chelsea witwa Todd Boehly byagarutse ku cyakorwa ngo Chelsea yegukane Neymar.

Ikinyamakuru cyamamaye mu by’imikino  kitwa ESPN kivuga ko  Chelsea izaba yegukanye Neymar bitarenze mu mpeshyi y’uyu mwaka[20223].

Niramuka imwegukanye, izaba imujyanye yaburaga imyaka ine ngo arangize igihe yari yarasinyiye kuzamara muri PSG.

Yari buzahave muri Kamena, 2027.

Buri mwaka Neymar yinjiza Miliyoni €30.

Aherutse kuzuza imyaka 31 y’amavuko.

Muri PSG yambara Nomero 10.

Boehly nyiri Chelsea avuga ko ari gushaka uko yagura Neymar bikiri mu maguru mashya kuko ngo hari n’abandi bamunuganuga.

Al Khelaifi na Boehly baherutse guhurira muri Hotel y’i Paris yitwa Arc de Triomphe barasangira banaganira kuri iyo ‘deal’ nk’uko ESPN ibivuga.

TAGGED:ChelseaESPNfeaturedIkinyamakuruIkipeNeymar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gatsibo: Mudugudu Aravugwaho Kwica Umuturage
Next Article Minisitiri W’Intebe Ashima Banki Zakuye Abantu Mu Ngaruka Za COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?