Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirabatware Wahamijwe Uruhare Muri Jenoside Azafungirwa Muri Senegal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Ngirabatware Wahamijwe Uruhare Muri Jenoside Azafungirwa Muri Senegal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 July 2021 1:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Augustin Ngirabatware wahoze ari Minisitiri muri Guverinoma y’Abatabazi akaza guhamwa n’icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, aherutse kwimurirwa muri gereza yo muri Senegal ngo aharangirize igifungo.

Ngirabatware yahoze ari Minisitiri w’imigambi ya Leta.

Yavutse mu mwaka 1957, akaba akomoka mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda nirwo rwamukatiye.

Mu mwaka wa 2008 nibwo yakatiwe.

Yafatiwe mu Budage ahitwa Frankfurt am Main, icyo gihe hari tariki 17, Nzeri, 2007.

Ubwo yakatirwaga, urukiko rwanzuye ko agomba gufungwa imyaka 35 ariko mu mwaka wa 2014 ruza kuyigabanya iba 30.

Muri 2019 nibwo icyemezo cya burundu cy’uko agomba gufungwa iriya myaka cyemejwe, urukiko rwemeza ko agomba gufungwa imyaka 30 agafungirwa muri Senegal.

Niwe muntu wari usigaye afungiye muri gereza z’urwego rwasigariyeho Urukiko mpuzamahanga rwa Arusha, ubu akaba yimuriwe muri Senegal nk’uko byatangajwe na Osuman Njikam, usanzwe ari umuvugizi wa ruriya rwego

TAGGED:featuredJenosideNgirabatwarePerefegituraSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Ishaka Ko Zimbabwe Ikoresha Inkingo Zayo, Yo Igahitamo Iz’Abashinwa
Next Article Tanzania Yakiriye Inkingo Miliyoni 1 Za Johnson & Johnson
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?