Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngoma: Abaturage 64 Babazwe Ishaza 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Ngoma: Abaturage 64 Babazwe Ishaza 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2024 5:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Ubuzima n’urugaga rw’abaganga bavura amaso, abaganga bavura amaso babaze abaturage 64 bari barwaye ishaza.

Kubabaga byakorewe ku bitaro Bikuru bya Kibungo bikaba byari igikorwa kimaze iminsi itatu.

Abaganga babaze aba barwayi bavuga ko byagenze neza.

Ishaza ni uburwayi bufata ijisho ntirishobore kureba kuko urumuri ruba rutagera mu mboni.

Hari akantu Abanyarwanda bagereranya n’ishaza kitambika mu jisho kakabuza urumuri kwinjira mu jisho.

Ako niko abaganga babaga bakagakuramo umuntu akongera kubona.

Abantu bafite ubwo burwayi bagira ikibazo cyo kutareba neza, bigatuma gutwara imodoka bibagora cyane cyane bwije.

Iyo basoma nabwo bakenera urumuri rwinshi.

Kugira ishaza akenshi bizanwa no gukura cyane mu myaka.

Mu bindi bitera iki kibazo kandi abantu bashobora kwirinda ni inzoga n’itabi.

Hari n’abantu barwara iyi ndwara babitewe no kuyikomora ku babyeyi babo.

Abarwayi ba diabetes cyangwa abigeze gukomeka amaso nabo bagira ibyago byo kurwara ishaza.

TAGGED:AmasoIbitaroIshazaNgoma
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Salva Kirr Arakomereza Mu Burundi No Muri DRC
Next Article Salva Kirr Yageze i Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Rwanda: Umubare W’Abarwara Mu Mutwe Kubera Inzoga Uriyongera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ngoma: Inkuba Yishe Abantu Icyenda Barimo Abana Babiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?