Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngoma: Abaturage 64 Babazwe Ishaza 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Ngoma: Abaturage 64 Babazwe Ishaza 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2024 5:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Ubuzima n’urugaga rw’abaganga bavura amaso, abaganga bavura amaso babaze abaturage 64 bari barwaye ishaza.

Kubabaga byakorewe ku bitaro Bikuru bya Kibungo bikaba byari igikorwa kimaze iminsi itatu.

Abaganga babaze aba barwayi bavuga ko byagenze neza.

Ishaza ni uburwayi bufata ijisho ntirishobore kureba kuko urumuri ruba rutagera mu mboni.

Hari akantu Abanyarwanda bagereranya n’ishaza kitambika mu jisho kakabuza urumuri kwinjira mu jisho.

Ako niko abaganga babaga bakagakuramo umuntu akongera kubona.

Abantu bafite ubwo burwayi bagira ikibazo cyo kutareba neza, bigatuma gutwara imodoka bibagora cyane cyane bwije.

Iyo basoma nabwo bakenera urumuri rwinshi.

Kugira ishaza akenshi bizanwa no gukura cyane mu myaka.

Mu bindi bitera iki kibazo kandi abantu bashobora kwirinda ni inzoga n’itabi.

Hari n’abantu barwara iyi ndwara babitewe no kuyikomora ku babyeyi babo.

Abarwayi ba diabetes cyangwa abigeze gukomeka amaso nabo bagira ibyago byo kurwara ishaza.

TAGGED:AmasoIbitaroIshazaNgoma
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Salva Kirr Arakomereza Mu Burundi No Muri DRC
Next Article Salva Kirr Yageze i Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu RwandaUbuzima

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Umuhati Polisi Ishyira Mu Kurwanya Ibiyobyabwenge Ugera Kuki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukunguUbuzima

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?