Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngororero: Umubyeyi W’Abana Batatu Wari Warabuze Yabonetse Yarapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ngororero: Umubyeyi W’Abana Batatu Wari Warabuze Yabonetse Yarapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 March 2024 12:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Nyange hari amakuru avuga ko umugore wari warabuze, abaturage bakamutabariza yabonetse yarapfuye.

Umurambo we bawusanze mu masangano y’umugezi wa Nyabarongo n’umugezi wa Secoko.

Bamwe mu batuye aka gace babwiye Radio/TV 1 ko uriya mugore bakeka ko yashimuswe.

Ikindi ni uko yari afite abana batatu.

Umuturage w’aho uyu mugore yari atuye avuga ko hari abantu bahamagaye uwo mugore aragenda ariko baramutegereza baramubura.

Abana babwiye abaturanyi ko bagiye kuryama nyuma y’uko Nyina yitabye abo bantu.

Uwo muturage ati: “ Abana bagiye kureba aho Nyina yaryamaga basanga ntawe uhari”.

Abaturage kandi bavuga ko bishoboka ko abishe uriya mugore bamwishe bamushyira mu mufuka bamujugunya hari y’imigezi yavuzwe haruguru.

Ntiharamenyekana niba uwo mugore yazize ubwambuzi bw’abo bagizi ba nabi cyangwa niba urupfu rwe rwazize indi mpamvu.

Taarifa iracyashaka kumenya icyo Polisi ivuga kuri iki kintu ariko Umuvugizi wayo mu Burengerazuba ntaragira icyo abidusubizaho.

TAGGED:AbanaNgororeroPolisiUmugeziUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Diomaye Faye Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu Byeruye
Next Article Mu Mujyi Wa Rusizi Barataka Kubura Amazi Mu Gihe Kirekire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?