Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2025 7:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Richard Nick Ngendahayo umwe mu bahanzi baririmbye kandi bagakundirwa kuririmba indirimbo zihimbaza Imana mu myaka yaza 2000 ariko akaza kubihagarika, avuga ko yagarutse ngo akomereza muri uwo mujyo.

Indirimbo yise Niwe, Mbwira ibyo ushaka, Ntwari batinya… ziri mu ndirimbo ze abenshi bakunze mu myaka nka 15 yakurikiye ihagarikwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi, icyo gihe akaba yari akunzwe ku rugero rumwe na za Chorali Rehoboth, Abasaruzi n’izindi.

Atangaza ko agarutse mu muziki uhimbaza Imana kandi akazawukorana imbaraga.

Yahise atangaza indirimbo aherutse gukora yise ‘Uri Byose Nkeneye’, akaba yayishyize ku mugaragaro kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Mata, 2025.

Avuga ko “Uri Byose Nkeneye” ari intangiriro ya album ye ya gatatu azatangaza bidatinze.

Ati: “Si indirimbo gusa, ahubwo ni isengesho, icyifuzo, n’ubuhamya bw’umutima bufite imbaraga nyinshi.”

Ni indirimbo itanga ubutumwa bw’uko nta kindi cy’ingenzi kiruta kwizera no kwishingikiriza ku Mana mu rugendo rwa buri munsi,  ikabamo urukundo rwinshi no kumenya ko Imana ari yo soko y’ibyiringiro n’ubuzima.

Umwe mu bakunze indirimbo ze witwa Kamaliza yabwiye Taarifa Rwanda ko niba Ngendahayo agarutse koko, ari inkuru nziza kuko yamukundaga.

Icyakora amusaba ko adakwiye kuzongera kugenda aho agendeye hari benshi bari baramwibagiwe batibukaga ko akibaho!

Nick Ngendahayo asanzwe atuye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

TAGGED:ImanaIndirimboKuramyaNgendahayo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Zo Mu Karere Zahuriye Mu Rwanda
Next Article Umuvuno W’u Rwanda Na Afurika Mu Guhangana N’Imisoro Ya Trump
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?