Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Niger: Hadutse Umutwe Wa Gisirikare Urwanya Abahiritse Ubutegetsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Niger: Hadutse Umutwe Wa Gisirikare Urwanya Abahiritse Ubutegetsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 August 2023 8:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wahoze ari umunyapolitiki akaba n’inyeshyamba yatangije umutwe wa gisirikare na politiki wo kurwanya abasirikare bahiritse Mohamed Bazoum.

Uwo ni uwitwa Rhissa Ag Boula.

Boula yasabye abamushyigikiye gutangira guta muri yombi abahiritse ubutegetsi bagahera ku musirikare mukuru uri ku butegetsi muri iki gihe.

Itangazo ry’umutwe we yise Council of Resistance for the Republic (CRR) rivuga ko Niger yabaye ingaruzwamuheto n’abantu badashaka Repubulika.

Itangazamakuru rivuga ko ibi bibaye nyuma y’uko abasirikare bari ku butegetsi muri iki gihe bari baherutse kwanga kuganira n’intumwa za ECOWAS zari zaje ngo baganire uko ibintu byasubira mu buryo mu mahoro.

Rhissa Ag Boula ni umuturage w’umu Touareg.

Umwe mu bayoboke b’ihuriro CRR avuga ko hari abanyapolitiki bari basanzwe bari ku ruhande rw’abahiritse ubutegetsi bamaze kuriyoboka

Boula yahoze mu nyeshyamba zikomeye z’aba Toaureg ariko aza gushyirwa muri Guverinoma yategekwaga na Perezida Mahamadou Issoufou na mugenzi we wamusimbuye witwa Mahamed.

Itangazwa rya CRR rishobora kugira abo rihungabanya kuko aba Touergs ari abantu bakize kandi bafite ijambo rya Politiki mu gice cy’Amajyaruguru ya Niger.

Taliki 26, Nyakanga, 2023 nibwo abasirikare bahiritse Perezida Bazoum bamufungira ahantu kandi kuva icyo gihe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru niho akiri.

TAGGED:AbasirikareBazoumfeaturedNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000
Next Article Musanze: Meya Uherutse Kwirukanwa Yahererekanyije Ububasha N’Umusimbuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?