Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Niger: Hadutse Umutwe Wa Gisirikare Urwanya Abahiritse Ubutegetsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Niger: Hadutse Umutwe Wa Gisirikare Urwanya Abahiritse Ubutegetsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 August 2023 8:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wahoze ari umunyapolitiki akaba n’inyeshyamba yatangije umutwe wa gisirikare na politiki wo kurwanya abasirikare bahiritse Mohamed Bazoum.

Uwo ni uwitwa Rhissa Ag Boula.

Boula yasabye abamushyigikiye gutangira guta muri yombi abahiritse ubutegetsi bagahera ku musirikare mukuru uri ku butegetsi muri iki gihe.

Itangazo ry’umutwe we yise Council of Resistance for the Republic (CRR) rivuga ko Niger yabaye ingaruzwamuheto n’abantu badashaka Repubulika.

Itangazamakuru rivuga ko ibi bibaye nyuma y’uko abasirikare bari ku butegetsi muri iki gihe bari baherutse kwanga kuganira n’intumwa za ECOWAS zari zaje ngo baganire uko ibintu byasubira mu buryo mu mahoro.

Rhissa Ag Boula ni umuturage w’umu Touareg.

Umwe mu bayoboke b’ihuriro CRR avuga ko hari abanyapolitiki bari basanzwe bari ku ruhande rw’abahiritse ubutegetsi bamaze kuriyoboka

Boula yahoze mu nyeshyamba zikomeye z’aba Toaureg ariko aza gushyirwa muri Guverinoma yategekwaga na Perezida Mahamadou Issoufou na mugenzi we wamusimbuye witwa Mahamed.

Itangazwa rya CRR rishobora kugira abo rihungabanya kuko aba Touergs ari abantu bakize kandi bafite ijambo rya Politiki mu gice cy’Amajyaruguru ya Niger.

Taliki 26, Nyakanga, 2023 nibwo abasirikare bahiritse Perezida Bazoum bamufungira ahantu kandi kuva icyo gihe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru niho akiri.

TAGGED:AbasirikareBazoumfeaturedNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RICTA Igiye Guteza Cyamunara Domain Names 2000
Next Article Musanze: Meya Uherutse Kwirukanwa Yahererekanyije Ububasha N’Umusimbuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?