Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Abantu Barenga 40 Barohamye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Nigeria: Abantu Barenga 40 Barohamye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 September 2024 1:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Nigeria hari guhakishwa imibiri y’abantu 40 barohamye mu mugezi bari mu bwato ku wa gatandatu w’Icyumweru gishize ubwo bajyaga guhinga mu mirima yabo mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu.

Bari mu bwato bw’ibiti bwari butwaye abahinzi barenga 50 bagiye gusura imirima yabo hakurya y’umugezi wa Gummi muri Zamfara.

Na’Allah Musa uyobora mu Karere ka Gummi yavuze ko abantu 12 aribo barokoww ariko hagikomeje gushakishwa abandi bantu baburiwe irengero.

Ikivugwa ko ari cyo cyateye iyi mpanuka ni uko bwari butwaye abantu barenze ubushobozi bwabwo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bivugwa ko atari ubwa mbere impanuka nk’iyi ibaye

Umwe mu bayobora hariya hantu witwa Falale avuga ko buri munsi abahinzi 900 bambuka uyu mugezi bajya mu mirima yabo guhinga kandi bakoresha ubwato bubiri gusa ugereranyije n’ubwinshi bwabo.

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu mu itangazo yasohoye ku Cyumweru yihanganishije imiryango y’ababuze ababo.

Perezida Tinubu yemereye inkunga iyi miryango yagiriye ibyago muri ubu bwat.

Impanuka nk’izi z’ubwato zikunze kuba muri Nigeria mu bihe by’imvura nyinshi aho imigezi iba yuzuye.

- Advertisement -

Abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi na Polisi bavuze ko hari izindi mpanuka zabaye mu kwezi gushize mu gace ka Sokoto gahana imbibi na Zamfara aho abandi bahinzi 30 bapfiriye mu mugezi bajya mu mirima yabo.

TAGGED:AbantufeaturedNigeriaTinubuUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Kigali Barakomeza Kumva Ubushyuhe Bw’Izuba
Next Article Abasenateri Bashya Bamenyekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?