Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Abantu Barenga 40 Barohamye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Nigeria: Abantu Barenga 40 Barohamye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 September 2024 1:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Nigeria hari guhakishwa imibiri y’abantu 40 barohamye mu mugezi bari mu bwato ku wa gatandatu w’Icyumweru gishize ubwo bajyaga guhinga mu mirima yabo mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu.

Bari mu bwato bw’ibiti bwari butwaye abahinzi barenga 50 bagiye gusura imirima yabo hakurya y’umugezi wa Gummi muri Zamfara.

Na’Allah Musa uyobora mu Karere ka Gummi yavuze ko abantu 12 aribo barokoww ariko hagikomeje gushakishwa abandi bantu baburiwe irengero.

Ikivugwa ko ari cyo cyateye iyi mpanuka ni uko bwari butwaye abantu barenze ubushobozi bwabwo.

Bivugwa ko atari ubwa mbere impanuka nk’iyi ibaye

Umwe mu bayobora hariya hantu witwa Falale avuga ko buri munsi abahinzi 900 bambuka uyu mugezi bajya mu mirima yabo guhinga kandi bakoresha ubwato bubiri gusa ugereranyije n’ubwinshi bwabo.

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu mu itangazo yasohoye ku Cyumweru yihanganishije imiryango y’ababuze ababo.

Perezida Tinubu yemereye inkunga iyi miryango yagiriye ibyago muri ubu bwat.

Impanuka nk’izi z’ubwato zikunze kuba muri Nigeria mu bihe by’imvura nyinshi aho imigezi iba yuzuye.

Abashinzwe ibikorwa by’ubutabazi na Polisi bavuze ko hari izindi mpanuka zabaye mu kwezi gushize mu gace ka Sokoto gahana imbibi na Zamfara aho abandi bahinzi 30 bapfiriye mu mugezi bajya mu mirima yabo.

TAGGED:AbantufeaturedNigeriaTinubuUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Kigali Barakomeza Kumva Ubushyuhe Bw’Izuba
Next Article Abasenateri Bashya Bamenyekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?