Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Ubushyamirane Hagati Y’Aborozi N’Abahinzi Bwaguyemo Abantu 113
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Ubushyamirane Hagati Y’Aborozi N’Abahinzi Bwaguyemo Abantu 113

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 12:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, bitangaza ko imibare imaze kubarurwa y’abaguye mu bushyamirane hagati y’aborozi b’Abisilamu n’Abahinzi b’Abakirisitu imaze kugera ku bantu 113.

Iyi mirwano yabaye mu mpera z’Icyumweru gishize, ibera rwagati muri Nigeria.

Ni bwo bushyamirane bukomeye hagati y’aborozi n’abahinzi bubayeho uhereye muri Gicurasi aho abarenga 100 bishwe.

Mu bapfuye kandi harimo abasirikare 16 bari baje guhosha iyo mirwano, abari bashyamiranye barabadukira barabatema.

Hari n’abantu 300 bakomerekeye muri iyo rwaserera.

Akarere ka Nigeria yo Hagati kabamo ubushyamirane bushingiye ku moko n’amadini kandi bwaguyemo abantu amagana muri iyi myaka ya vuba.

Abayisilamu b’aborozi n’Abakirisitu b’abahinzi bakunze gushyamirana bapfa urwuri kubera ko imihindagurikire y’ikirere yatumye amazi agabanuka, amatungo arasonza.

Aborozi bashinjwa koneshereza abahinzi bityo imidugararo ikavuka ityo.

Mu bihugu byamaganye ubu bwicanyi harimo Ubufaransa.

TAGGED:AbahinziAborozifeaturedNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Cardinal Kambanda Yahaye Umugisha Abana Bagiye Kuririmbira I Roma
Next Article Pariki Y’Akagera Irateganya Gukoresha Imodoka Z’Amashanyarazi Gusa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?