Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Uhuru Yasabye Ubufatanye Ngo Amatora Ya Perezida Azabe Ntamakemwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Uhuru Yasabye Ubufatanye Ngo Amatora Ya Perezida Azabe Ntamakemwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2023 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uhuru Kenyatta  ari muri Nigeria mu biganiro n’abahagarariye ibihugu byabo muri kiriya gihugu kugira ngo barebere hamwe uko ibintu bihagaze muri iki gihe mu rwego rwo gutegura amatora y’Umukuru w’igihugu ari hafi kuba.

Yasabye ba Ambasaderi b’ibihugu by’Afurika i Lagos imikoranire inoze kugira ngo harebwe uko imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’igihugu yatangira neza bityo n’amatore nyirizina akazaba meza.

Mu biganiro yagiranye n’abahagarariye ibihugu byabo i Lagos, Kenyatta yababwiye ko amatora y’Umukuru wa Nigeria nagenda neza bizaba ari intsinzi ku mugabane wose w’Afurika.

Nigeria nicyo gihugu cya mbere gukize muri Afurika akaba ari nayo ituwe kurusha ibindi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ifite abaturage barenga Miliyoni 200.

Mu ijambo Uhuru yabwiye abahagarariye ibihugu byabo harimo ko we n’itsinda ry’indorerezi ry’Afurika yunze ubumwe nta ho babogamiye muri ariya matora.

Inshingano yabo ni ukureba uko akorwa hakarebwa niba amahame ye Demukarasi mu kwiyamamaza, mu gutora no mu gutangaza ibyavuye mu matora, akurikizwa.

Uhuru Kenyatta yavuze ko itsinda ayoboye rizakorana n’abandi bo mu Bihugu by’umuryango w’Afurika y’i Burengerazuba ECOWAS kugira ngo buzuzanyue mu kazi ko kuba indorerezi muri ariya matora.

The Capital Digital ivuga ko Uhuru atanga icyizere ko amatora yo muri Nigeria azagenda neza, akabishingira ku biganiro yagiranye n’inzego zitandukanye zizayagiramo uruhare, ku ikubitiro hakaza Komisiyo y’igihugu y’amatora.

- Advertisement -

Amatora y’Umukuru w’igihugu muri Nigeria azatangira kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Gashyantare, 2023.

Uzayatsinda azasimbura Muhammadu Buhari wari umaze manda ebyiri ayobora Nigeria.

Kugeza ubu abantu batatu nibo bakomeye mu bazatorwa. Abo ni Bola Tinubu, Atiku Abubakar na Peter Obi.

Atiku Abubakar.
Bola Tinubu.
Peter Obi.
TAGGED:AmatoraBuhariIgihuguKenyattaNigeriaUhuruUmukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 2023: Mu Mushyikirano Hazatangarizwa Ibyavuye Mu Ibarura Rusange
Next Article Aissa Kirabo Kacyira Yahawe Kuyobora UN Muri Somalia
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?