Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nimuhitamo Umukandida Wa FPR Muzaba Muhisemo Umutekano N’amajyambere- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Nimuhitamo Umukandida Wa FPR Muzaba Muhisemo Umutekano N’amajyambere- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 June 2024 3:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Paul Kagame yabwiye abaturage bari baje kumva uko yiyamamaza muri Nyamagabe ko nibamutora ko bazaba bafite umutekano n’amajyambere.

Yavuze ko n’ubwo hari abajiginywa kubera iterambere rwagezeyo, ibyo bibareba.

Abaturage bavuze ko abatifuriza u Rwanda amahoro bashatse baziyahura.

Kagame yabwiye abari aho ko abatifuriza u Rwanda neza barushwa n’ubusa.

Avuga ko u Rwanda ari igihugu kizakomeza gutera n’ubwo hari abatarwifuriza ineza.

Yabwiye urubyiruko ko rudakwiye kwikorera umuzigo w’amateka mabi u Rwanda rwaciyemo ahubwo ko inshingano yabo ari ukubaka u Rwanda rushya rukubiyemo amajyambere n’umutekano.

Kagame kandi yabukije urubyiruko kurinda ibyiza u Rwanda rwagezeho.

Abaturage bamubwiye ko barangije kumutora nawe ababwira ko abibona kandi ko igisigaye ari umugenzo.

Umukandida wa FPR Inkotanyi avuga ko buri Munyarwanda afite ubushobozi kandi ko iyo buri Munyarwanda abuhuje n’ubwa mugenzi we, nta cyabananira.

Ati: ” Umukandida wa FPR muzatora kandi mwatoye, akazi ke karoroshye kuko nimwe muzagakora kandi mwaragokoze”.

Yongeye kuvuga ko abanyamuryango ba FPR Inkotanyi ari intare kandi iyo zigeze aho zigomba kugira icyo zikora, zibikora vuba kandi neza.

Kagame nk’umukandida wa FPR Inkotanyi kuri uyu wa Gatanu arakomereza kwiyamamariza mu Karere ka Nyamasheke na Rusizi.

TAGGED:AmajyamberefeaturedKagameNyamagabeUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Nyuma Ya Huye Ubu Ari Nyamagabe
Next Article Bibuka Ko Kagame Yabakijije FLN Ya Rusesabagina
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Umutoza W’Amavubi Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Amerika Yafashe Ubwato Bibiri Bw’Abarusiya Bwajyaga Muri Venezuela

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?