Murindababisha Edouard wigeze kugaragara mu mashusho asa nk’aho ari gusambana, yavuze ko ibyo yakorewe ari akagambane. N’ikimenyimenyi ni uko urukiko rwasanze ariya mashusho atari ukuri, ruramurekura....
Mu Karere ka Nyamagabe hari itsinda ry’abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bakatiwe barangiza ibihano bihuje n’abayirokotse bayoboka icyo bise ‘Mvura Nkuvure’ kugira ngo baganire uko bafatanya kwiteza...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwataye muri yombi umuyobozi mu Karere ka Nyamagabe wari ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) wagaragaye asa n’aho ari gusambanira mu ruhame. Hari amashusho...
Umugore witwa Martha aravugwaho kwica umugabo we hanyuma umurambo akawutaba mu gikari. Amakuru twahawe n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Tare aho byabereye avuga ko uriya musaza( yari afite...
Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Nyamagabe bwafunze abagabo batanu bukurikiranyeho ibyaha birimo ubwinjiracyaha mu bwicanyi. Ni ubwicanyi bivugwa ko bwakorewe umugabo n’umugore we, ubwo babasangaga mu...