Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nkongwa Iravugwa Mu Bigori N’Amasaha By’i Nyamagabe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Nkongwa Iravugwa Mu Bigori N’Amasaha By’i Nyamagabe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 March 2024 3:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Kibilizi mu Karere ka Nyamagabe haravugwa nkongwa yibasiye ibinyampeke birimo ibigori n’amasaka.

Aba baturage batakambiye itangazamakuru ko niba ntacyo RAB ikoze ngo ibatabare bashobora kutazagira ikintu kinini basarura muri ibyo binyampeke.

Taarifa itegereje kumenya icyo ubuyobozi bwa RAB ivuga kuri iki kibazo cyugarije abahinzi bo muri Nyamagabe.

Umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi mu gihembwe cya mbere cy’ubuhinzi wabaye mwiza nk’uko biherutse gutangazwa na Minisiteri y’ubuhinzi ndetse na Minisiteri y’imari n’igenamigambi.

Mu mezi ya nyuma y’umwaka wa 2023 hari ikindi kibazo cya Nkongwa kigeza kuvugwa mu bigori byo mu Karere ka Nyabihu na Rubavu ariko kiza gukemuka.

Nkongwa ikunze kwibasira ibihingwa biba byaratewe hakoreshejwe ifumbire mvaruganda.

Hari abahinzi bo mu murenge wa Kibilizi mu karere ka @Nyamagabe bavuga ko bibasiwe na nkongwa yiganje mu masaka n'ibigori bakaba ngo badashoboye guhangana nayo bityo bakagira impungenge, ko izatuma ntacyo basarura.@RwandaAgri @RwandaAgriBoard pic.twitter.com/VipPLd54JR

— TV1 Rwanda (@TV1Rwanda) March 22, 2024

TAGGED:featuredKibiriziNkongwaNyamagabe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abasoreshwa Baganiriye Na Rwanda Revenue
Next Article Jeannette Kagame Yasabye Abakobwa Kuba Imbarutso Y’Impinduka Bifuza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?