Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nkundineza Yavuze Icyamuteye Kwibasira Miss Jolly Mutesi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nkundineza Yavuze Icyamuteye Kwibasira Miss Jolly Mutesi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 November 2023 5:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yaburanaga ku bujurire ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo, umunyamakuru wigenga Jean Paul Nkundineza yavuze ko ibyo yavuze kuri Miss Jolly Mutesi bikamuviramo ibyaha byatumye ubu ari mu rukiko yabitewe n’amarangamutima.

Yavuze ko yemera ko ibyo yavuze bidakwiye ariko ko yari akwiye guhanwa n’Urwego rwigenzura rw’abanyamakuru.

Ikindi cyavugiwe muri iri buranisha ni uko Miss Jolly Mutesi ari we ubwe witangiye ikirego kandi ngo si ubwa mbere amureze.

Umwunganira avuga ko umukiliya we adakwiye gufungwa by’agateganyo ahubwo yagombye kuburana ari hanze.

Ni mu rubanza rw’ubujurire.

Umushinjacyaha we asaba ko uwo arega afungwa kuko ari umunyabyaha, iyi mvugo ikaba yamaganywe n’umwunganira kubera ko Jean Paul Nkundineza atarahamwa n’ibyo aregwa.

TAGGED:featuredMutesiNkundineza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida W’Ubudage Yageze Muri Qatar Abanza Kubura Umwakira
Next Article I Huye Harateganywa Kuzubakwa Ikigo Gikomeye Mu Bya Drones
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?