Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Noteri W’Umurenge Wa Remera Yishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Noteri W’Umurenge Wa Remera Yishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2024 11:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Noteri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo witwa Elyse Ndamyimana yaguye mu bitaro bya Kacyiru nyuma yo guterwa ibyuma n’abagizi ba nabi.

Amakuru y’ibanze Taarifa ifite avuga ko uyu mugabo yatezwe n’abantu bataramenyekana bamutera icyuma mu musaya no mu ijosi.

Abamutabaye bamugejeje kwa muganga bamuha ubufasha bw’ibanze ariko ubuzima buranga buramucika.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Remera Déo Rugabirwa yabwiye Taarifa ko urwo rugomo rwabaye hagati ya saa tatu na saa yine z’ijoro.

Déo Rugabirwa

Muri ayo masaha imvura yasaga n’irimo guhita.

Avuga ko abakoze urwo rugomo batarafatwa, ariko iperereza rigamije kubafata ryatangiye.

Ikindi ni uko nyakwigendera yari atashye avuye mu kazi afite ku Gisozi naho mu Karere ka Gasabo.

Rugabirwa avuga ko nta rugomo nk’uru rwabaga mu Murenge wa Remera.

TAGGED:GasaboGitifuNoteriRemera
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hari Abibwira Ko Ubuyobozi Butangirana Nabo Bukarangirana Nabo- Kagame
Next Article Imodoka Zisohora Ibyotsi Zigiye Guhagurukirwa- Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?