Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nta Muntu Twigeze Dusaba Kutuzanira Abimukira- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nta Muntu Twigeze Dusaba Kutuzanira Abimukira- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2023 12:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame mu nama yitabiriye muri Qatar yahuje iki gihugu n’inshuti zacyo yavuze ko abavuga ko u Rwanda rwashatse kwakira abimukira nk’aho ari ikintu rwashakagamo inyungu, bibeshya.

Yavuze ko nta muntu u Rwanda rwigeze rusaba ko arwoherereza abimukira, ahubwo ngo ni igitekerezo cyazanywe no gushaka gufasha mu gukemura ikibazo cyari kiri ku isi.

Kagame yabwiye abari muri iriya nama ko ikibazo cy’abimukira ari ikibazo kireba isi muri rusange, ariko ko u Rwanda rwazanye igisubizo cyarwo.

Si ubwa mbere Perezida Kagame abwiye amahanga ishingiro ry’uko u Rwanda rwiyemeje kwakira abimukira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yabibwiye kenshi abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abibwira abari bitabiriye Inama y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bivuga Icyongereza, CHOGM.

Umukuru w’u Rwanda avuga ko abavuga ko u Rwanda ari igihugu gishaka abimukira kugira ngo kibungukiremo bibeshya kuko Abanyarwanda badashobora gucuruza ikiremwamuntu.

Kagame yabwiye abamwumvaga ko kwakira abimukira bikozwe n’u Rwanda ari igitekerezo rwaganiriyeho n’Ubwongereza, impande zombi zibyemeranyaho.

Kagame Yaganiriye Na Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza Ku Bimukira

TAGGED:AbimukiraBwongerezaKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gisagara: Aborojwe Na Croix Rouge Basabwe Kudahora Basindagizwa
Next Article Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbutabera

Kigali: Mu Minsi 10 Polisi Imaze Gufata Ibilo 50 By’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?