Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nta Muntu Twigeze Dusaba Kutuzanira Abimukira- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nta Muntu Twigeze Dusaba Kutuzanira Abimukira- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2023 12:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame mu nama yitabiriye muri Qatar yahuje iki gihugu n’inshuti zacyo yavuze ko abavuga ko u Rwanda rwashatse kwakira abimukira nk’aho ari ikintu rwashakagamo inyungu, bibeshya.

Yavuze ko nta muntu u Rwanda rwigeze rusaba ko arwoherereza abimukira, ahubwo ngo ni igitekerezo cyazanywe no gushaka gufasha mu gukemura ikibazo cyari kiri ku isi.

Kagame yabwiye abari muri iriya nama ko ikibazo cy’abimukira ari ikibazo kireba isi muri rusange, ariko ko u Rwanda rwazanye igisubizo cyarwo.

Si ubwa mbere Perezida Kagame abwiye amahanga ishingiro ry’uko u Rwanda rwiyemeje kwakira abimukira.

Yabibwiye kenshi abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abibwira abari bitabiriye Inama y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bivuga Icyongereza, CHOGM.

Umukuru w’u Rwanda avuga ko abavuga ko u Rwanda ari igihugu gishaka abimukira kugira ngo kibungukiremo bibeshya kuko Abanyarwanda badashobora gucuruza ikiremwamuntu.

Kagame yabwiye abamwumvaga ko kwakira abimukira bikozwe n’u Rwanda ari igitekerezo rwaganiriyeho n’Ubwongereza, impande zombi zibyemeranyaho.

Kagame Yaganiriye Na Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza Ku Bimukira

TAGGED:AbimukiraBwongerezaKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gisagara: Aborojwe Na Croix Rouge Basabwe Kudahora Basindagizwa
Next Article Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?