Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ntihazagire Uwashaka Guhungabanya Umuturanyi Ngo Abone Umwanya Mu Rwanda- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ntihazagire Uwashaka Guhungabanya Umuturanyi Ngo Abone Umwanya Mu Rwanda- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 August 2022 10:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame aherutse kubwira abavuga rikijyana bo mu Karere ka Rusizi no mu tundi tudukikije ko u Rwanda rudashaka ko hari umuntu ufite umugambi wo guhungabanya kimwe mu gihugu ruturanye nabyo waruhabwamo umwanya.

Muri iki kiganiro, Perezida Kagame yavuze ko muri rusange u Rwanda rudashaka ko hari uwaruhungabanyiriza umutekano ahoy aba aturutse hose.

Avuga ko u Rwanda ruzi neza ko ubukungu n’ubusugire bwarwo bishingiye k’ukuba abaturage barwo batekanye, buri wese azinduka akajya mu kazi ke ntacyo yikanga.

Ati: “ Iby’umutekano bihora ari ikibazo tugomba kwitaho kuko udahari nabyo nta kizakorwa, kandi n’umutekano mucye ubu ugamije kubuza abantu kwikorera bityo ikibazo kikavuga mu bantu.”

“Security remains our top priority because if there is no security, nothing can be done. Insecurity is meant to prevent people from going on about their businesses and create problems among citizens.” President Kagame | Meeting with Opinion leaders in Rusizi #CitizenOutreach pic.twitter.com/F6nbKtDZL0

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) August 27, 2022

Yunzemo ko ariko u Rwanda rushaka kumvika n’abaturanyi ntihagire urushinja gucumbikira abamuhungabanya.

Yasabye Abanyarwanda  baba ababa muri Rusizi cyangwa mu tundi turere duturiye imipaka na Leta n’abandi, gushaka uburyo ubwo ari bwo bwose bwo kubana neza n’abaturanyi.

Mu buryo budaciye ku ruhande, Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda bose n’abaturiye imipaka by’umwihariko kwirinda kuba nyirabayazana w’ikibazo ku baturanyi.

Si ubwa mbere kandi Perezida Kagame avuze ko u Rwanda rwirinda kuba nyirabayazana w’ikibazo icyo ari cyo cyose cy’umutekano mucye mu baturanyi.

Mu kiganiro yigeze guha Jeune Afrique, Perezida Kagame yigeze kuvuga ko u Rwanda buri gihe rukora uko rushoboye ngo ntihagire uwo rubanira nabi.

Mu kiganiro na Jeune Afrique Perezida Kagame nabwo yavuze ko u Rwanda rutazigera ruba nyirabayazana w’ibibazo ku muturanyi uwo ari we wese.
TAGGED:AbanyarwandafeaturedKagamePerezidaRusiziRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I&M Bank Rwanda Ikomeje Kunguka Umwaka Ku Wundi
Next Article Anne Kansiime Afite Uruzinduko Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu Rwanda

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?