Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ntimucikwe N’Urubanza Rwa Rusesabagina ‘Mu Mizi’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Ntimucikwe N’Urubanza Rwa Rusesabagina ‘Mu Mizi’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2021 12:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Urukiko Rukuru rutesheje agaciro inzitizi Rusesabagina n’umwunganizi we bari barugejejeho bavuga ko yashimuswe, kuri uyu wa Gatanu Saa mbiri n’igice za mu Gitondo, urubanza rwe rurakomeza mu mizi.

Mu rubanza rwe kandi harumvya abandi bareganwa nawe barimo uw’ibanze witwa Callixte Nsabimana wiyise Sankara.

Ubwo aheruka kwitaba Urukiko Rukuru ku wa Gatanu tariki 05, Werurwe, 2021 , Rusesabagina yarubwiye inzitizi y’uburyo yafashwemo, avuga ko yashimuswe.

Umugabo bazananye wari usanzwe avugwaho uruhare mucyo Rusesabagina yise kumushimuta ko yavuze ko ari we wabikoze ku giti cye, ko atari Leta y’u Rwanda yamushimuse.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyo gihe Rusesabagina yabwiye Urukiko ati: “Nageze hano nshimuswe nk’uko nabivuze, nababwiye ko ndetse n’ubungubu kuba ndi hano mpari nk’ingwate. Kubw’ibyo rero niba narashimuswe, nkaba mpari nk’ingwate, njyewe ndagira ngo bwa mbere mbanze nsubizwe uburenganzira bwanjye, mfungurwe nemye.”

Nyuma yo kumva ubusobanuro, Inteko iburanisha kuri uyu wa Gatatu tariki 10, Werurwe, 2021 yatangaje ko inzitizi iherutse gutangwa na Paul Rusesabagina yasanze nta shingiro ifite.

We yahise akijuririra.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo biteganyijwe ko ruri bukomeze mu mizi nihataboneka izindi nzitizi.

TAGGED:RusesabaginaSankaraUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuntu Waburaye Nta Mutekano Agira, Kandi Awubuza Abandi
Next Article CIA N’U Bufaransa Ntibirarandura Al Qaeda Muri Sahel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbutabera

Kigali: Mu Minsi 10 Polisi Imaze Gufata Ibilo 50 By’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Muhanga: Umukozi Wa RIB Arareganwa Na Gitifu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?