Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ntiwagira Agaciro Hari Abo Ugitegeye Amaboko- Tito Rutaremara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ntiwagira Agaciro Hari Abo Ugitegeye Amaboko- Tito Rutaremara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2021 7:44 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, Tito Rutaremara, avuga ko kugira ngo abantu bagira agaciro karambye bisaba ko baba ntawe bategera amaboko. Iri jambo yarivuze ubwo yibukaga kandi akibutsa Abanyarwanda ubutwari bw’abahoye u Rwanda.

Icyo gihe yavuze mu gihe u Rwanda  rugezemo ari bwo rukeneye intwari.

Yavuze ko intwari u Rwanda rukeneye muri iki gihe zigomba kurusha ubudatsimburwa izahozeho mbere.

Umusaza Rutaremara avuga ko Inkotanyi icyo zakoze kwari ukubaka ibyo Abakoloni basenye mu Rwanda .

Avuga ko muri iki gihe u Rwanda rufite byinshi ngo rukomereze mu ngendo abakurambere barwo baruraze harimo ubumenyi n’ikoranabuhanga.

Ku rundi ruhande ariko avuga ko kugira abantu muri rusangen’Abanyarwanda by’umwihariko bagira agaciro karambye bisaba  ntawe bategera amaboko.

Tito Rutaremara ati: “ Igihe utaragira ibyo uha runaka ngo nawe abiguhe muhererekanye nta gaciro uba ufite imbere ye…Ariko iyo niyo nzira dufite kandi birasaba ubutwari bwa benshi kandi tukihuta kuko imyaka irenga 200 ni myinshi kandi natwe twakwihuta tukabata.”

Tito Rutaremara ni umwe mu b’ingenzi bashinze Umuryango FPR Inkotanyi.

Kwibuka Intwari z’u Rwanda muri 2021 byakozwe mu buryo budasanzwe kubera kwirinda kwandura no kwanduzanya COVID-19.

Ibiganiro byo kwibukiranya ubutwari bwaranze Inkotanyi zibohora u Rwanda byakozwe mu buryo  bw’ikoranabuhanga, abatumirwa bagatanga ibiganiro kuri radio cyangwa televiziyo no ku mbuga nkoranyambaga.

Tito Rutaremara yabaye Umuyobozi w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda asimbuye Nyakubahwa Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr Augustin Iyamuremye.

TAGGED:AbakolonifeaturedIntwariRutaremaraRwandaTito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamakuru Wamamaye Kuri CNN Witwa Quest Yasuye Ibirunga
Next Article Muri UN Impaka Ni Nyinshi Ku Guha Intwaro Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?