Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2025 11:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’Ingabo zirwanira k’ubutaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi yaganiriye na mugenzi we wa Somalia n’Umugaba Wungirije w’Ingabo za Qatar k’ugukomeza imikoranire mu bya gisirikare.

Nyuma yo kwitabira itangizwa ry’Inama y’abagaba bakuru b’ingabo zirwanira k’ubutaka ryakozwe na Perezida Kagame, Major General Nyakarundi Vincent nibwo yaganiriye nabo basirikare bakuru.

Umugaba wungirije w’Ingabo zirwanira ku butaka za Qatar yitwa Brig Gen Mubarak Nasser Al-Shaie n’aho uwa Somalia ni Brig Gen Sahal Abdulahi Omer.

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda buvuga ko ibiganiro byahuje aba bayobozi byibanze ku gushimangira ubufatanye bwa gisirikare hagati y’u Rwanda n’ibi bihugu no gukomeza imikoraniranire.

Maj Gen Vincent Nyakarundi yanahuye kandi na mugenzi we mu ngabo z’Ubufaransa, General Pierre Schill nawe witabiriye iyi nama, iki gihugu kikaba cyaragize uruhare mu mitegurire y’iyi nama iri kubera i Kigali ikaza kurangira kuri uyu wa Gatatu.

Gen Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda nawe yahuye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Ubufaransa zirwanira k’ubutaka.

TAGGED:AbagabafeaturedIngaboMugangaNyakarundiQatarSomalia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel
Next Article Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Ingabo Za Israel Zasanze Igitabo Cya Hitler Mu Biro Bya Hamas 

Rwanda: Abaturage Bagiye Kwegerezwa Ibigo Byigisha Ikoranabuhanga

Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi

Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Kenya: Batatu Mu Baje Gusezera Kuri Odinga Barasiwe Kuri Stade

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

Hamas Yavuze Ko Abo Yabonye Bose Yabashyikirije Israel

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Amadini N'IyobokamanaAndi makuruMu Rwanda

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingiye No Kubo Mufatanya- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?