Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2025 11:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’Ingabo zirwanira k’ubutaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi yaganiriye na mugenzi we wa Somalia n’Umugaba Wungirije w’Ingabo za Qatar k’ugukomeza imikoranire mu bya gisirikare.

Nyuma yo kwitabira itangizwa ry’Inama y’abagaba bakuru b’ingabo zirwanira k’ubutaka ryakozwe na Perezida Kagame, Major General Nyakarundi Vincent nibwo yaganiriye nabo basirikare bakuru.

Umugaba wungirije w’Ingabo zirwanira ku butaka za Qatar yitwa Brig Gen Mubarak Nasser Al-Shaie n’aho uwa Somalia ni Brig Gen Sahal Abdulahi Omer.

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda buvuga ko ibiganiro byahuje aba bayobozi byibanze ku gushimangira ubufatanye bwa gisirikare hagati y’u Rwanda n’ibi bihugu no gukomeza imikoraniranire.

Maj Gen Vincent Nyakarundi yanahuye kandi na mugenzi we mu ngabo z’Ubufaransa, General Pierre Schill nawe witabiriye iyi nama, iki gihugu kikaba cyaragize uruhare mu mitegurire y’iyi nama iri kubera i Kigali ikaza kurangira kuri uyu wa Gatatu.

Gen Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda nawe yahuye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Ubufaransa zirwanira k’ubutaka.

TAGGED:AbagabafeaturedIngaboMugangaNyakarundiQatarSomalia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel
Next Article Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?