Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Abayobozi Bane B’Imirenge ‘Banditse’ Basezera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Nyamasheke: Abayobozi Bane B’Imirenge ‘Banditse’ Basezera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2025 4:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Taarifa yamenye ko abo bantu banditse basezera akazi ku mpamvu tugishakisha.
SHARE

Taarifa Rwanda yamenye ko hari ba Gitifu bane b’Imirenge itandukanye y’Akarere ka Nyamasheke bandikiye ubuyobozi babumenyesha ko beguye, gusa nta mpamvu y’ubwegure bwabo turamenya kugeza ubu…

Akarere ka Nyamasheke gasanganywe Imirenge 15; bivuze ko ubu imirenge 11 ari yo ifite ba Gitifu.

Gusezera kwabo kwabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 29, Werurwe, 2024, amabaruwa y’abo bayobozi agezwa ku buyobozi bukuru bwa Nyamasheke.

Abo twamenye ko basezeye ni Mudahigwa Félix wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyabitekeri, Nabagize Justine wari Umunyabamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruharambuga, Bigirabagabo Moїse wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karengera na Nsengiyumva Zabron wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bushekeri.

Taarifa Rwanda yavuganye n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyamasheke witwa Placide Muneza atubwira ko ayo makuru ari bwo akiyumva.

Muneza Placide ati: “Ibyo sindabimenyaho kuko nibwo nkibyumva. Niriwe mu nama sinakurikiranye”.

Icyakora avuga ko agiye gukurikirana akaza kutubwira uko byifashe.

Uyu muyobozi yaboneyeho kutumenyesha kon nyuma yo kuvugana natwe yahise ajya mu nama y’Inama Njyanama y’aka Karere ‘ishobora’ kuza gusuzumirwamo iyegura ry’abo bayobozi.

Ikarita y’imiterere y’Akarere ka Nyamasheke yerekana ko uretse Umurenge wa Nyabitekeri, indi mirenge itatu isigaye yose ikoranaho.

Imirenge iri mu ibara ritukura niyo bivugwa ko ba Gitifu bayo beguye.

Amakuru yandi aboneka kuri iyi dosiye turayatangariza abasomyi…

TAGGED:AkarereGitifuInamaKweguraNjyanamaNyamashekeUbuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufatanye Bwa BK, Amadini, Ambasade… Bugamije Iki?
Next Article Abahitanywe N’Umutingito Muri Mynmar Bageze Ku 1600
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?