Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Haravugwa Inzoga Yitwa Ruyazubwonko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyamasheke: Haravugwa Inzoga Yitwa Ruyazubwonko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 May 2024 11:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubusinzi bukabije mu rubyiruko rw’i Nyamasheke mu Murenge wa Cyato buraterwa n’inzoga yiswe Ruyazubwonko ariko bahina bakita Ruyaza.

Inzoga ‘Ruyaza’ iba intandaro y’urugomo n’amakimbirane biganisha ku rupfu.

Abaturage bo mu Murenge wa Cyato mu karere ka Nyamasheke basaba ubuyobozi gushakira umuti iyo nzoga kuko iri gushyira u kaga ubuzima bw’abaturage.

Iyakaremye Ildephonse avuga ko ubusinzi buhari bukorwa n’ urubyiruko runywa rukarenza urugero kandi icupa rimwe rigura Frw 500.

Habanabakize Jean Claude nawe atuye mu Murenge wa Cyato yabwiye UMUSEKE avuga ko ubusinzi bukabije buri henshi agasaba ko inzego zabikurikirana.

Abaturage bavuga ko inzoga zikunze kuhagaragara ni iz’inkorano bita ‘Ruyaza’ abazisinze zibatera gukora amahano arimo no guhohotera.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyato, Harindintwali Jean Paul avuga ko urugomo rukomotse ku businzi rukorwa kandi ko ubuyobozi bufite ingamba zo kuburwanya.

Ati: ” Ni byo urugomo rwo rukomotse ku businzi rugaragara rukagira n’ingaruka ku mibanire yo mu muryango, ingamba dufite zo kuburwanya n’ugukomeza kwegera abaturage no kubabwira ko ibyo bintu ari bibi. Ikindi ni uko n’aho tubonye inzoga z’inkorano tuzimena“.

TAGGED:featuredInzogaNyamasheke
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pariki Y’Akagera Yatangiye Gukoresha Imodoka Z’Amashanyarazi
Next Article Kirehe: Umuyobozi Mu Karere Afungiwe Ruswa Ya Frw 500,000
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?