Nyuma y’ubugenzuzi rwakoze rufatanyije n’izindi nzego, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwafashe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro ka Frw 15,988,025. Iduka basanzemo biriya bicuruzwa riba mu Gakinjiro,...
Ahagana saa kenda n’igice za mu gitondo kuri uyu wa Gatandatu Taliki 26, Ugushyingo, 2022 ikamyo yazamukaga iva i Karongi igana i Rusizi yagushije urubavu, ipakiye...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA, riri mu ihurizo ry’uburyo rizabuza abazitabira imikino yose y’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru kunywa inzoga! Hejuru y’ibi kandi hariyongeraho amasezerano ryari...
Mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, hafatiwe magendu ifite agaciro ka Miliyoni Frw 50. Kugeza ubu niyo magendu ihenze ifatanywe umuntu umwe icyarimwe. Igizwe...
Hari indirimbo iri mu zimaze igihe ivuga ko u Rwanda rw’ejo ruteganya kuzamenya gusoma. Icyakora hari ibindi rusoma bikarukoraho. Ibyo ni inzoga n’ibiyobyabwenge kandi byatumye umubare...