Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Mukerarugendo Yamize Nkeri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyamasheke: Mukerarugendo Yamize Nkeri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 July 2023 10:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa ifite avuga ko mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 28, Nyakanga, 2023 mukerarugendo wari waje gusura u Rwanda aturutse muri Autriche witwa Robert Nenzinger yarohomye mu kiyaga cya Kivu bimuviramo urupfu.

Yari umusaza w’imyaka 72 y’amavuko, akaba yari yaraje mu Rwanda ari kumwe na bagenzi be.

Byabereye mu Mudugudu wa Gikuyu, Akagari ka Ninzi, Umurenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke.

Uyu mugabo yarohamye ubwo yari ari kumwe na bagenzi be batandatu bari baje koga muri iki kiyaga.

Bari bamwe mu bandi 19 bavuye mu bihugu bitandukanye birimo na Autriche baje mu Rwanda muri Nyamasheke mu rwego rwo gutsura umubano uri hagati ya Paruwasi yabo yitwa Karlau na Paruwasi ya Nyamasheke.

Bose bararaga i Nyamasheke kuri Paruwasi.

Twamenye ko umurambo wa nyakwigendera wajyanywe mu buruhukiro bw’ibitaro bya Kibogora.

Taarifa iracyagerageza kuvugana n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ngo bugire icyo budutangariza kuri ibi byago ariko Appolonie Mukamasabo uyobora aka Karere ntaragira icyo adusubiza.

Turakomeza kubikurikirana…

TAGGED:AutrichefeaturedKivuKurohamaNyamashekeParoisseUmuzungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakiriye Brammertz Ushinja Abaregwa Jenoside Yakorewe Abatutsi
Next Article Rwanda: Ingaruka Z’Ikirere Kibi Ku Buzima Bw’Abaturage Zigiye Gusuzumwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?