Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Umunyeshuri Yakoze Siporo Arapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyamasheke: Umunyeshuri Yakoze Siporo Arapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 April 2024 8:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ntihinyurwa Pierre w’imyaka 13 yigaga  muri G.S Makoko mu Murenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke witeguraga  gukora ikizamini cya Leta kirangiza amashuri abanza yapfuye ari muri Siporo

Umuyobozi w’ikigo cy’amashuri yigagaho witwsa Silas Ntagwabira yabwiye itangazamakuru ko uyu munyeshuri yapfuye  ku wa Gatanu taliki 19, Mata, 2024 ahagana mu masaha y’igicamunsi ari kumwe na bagenzi be muri Siporo.

Ntagwabira avuga ko mbere y’uko abanyeshuri bajya gukina, mwarimu wabo yababajije niba hari abarwaye, abari barwaye barabivuga bavanwa mu bandi ariko uwo wapfuye we ngo yumvaga nta kibazo afite ajya gukinana n’abandi.

Bidatinze uwo mwana yikubise hasi ajya muri coma, hanyuma mwarimu wa Siporo aratabaza.

Abandi barezi bo kuri icyo kigo baratabaye, bakora ubutabazi bw’ibanze, bahamagara imodoka n’ababyeyi be bamujyana mu bitaro ariko aza kuhagwa.

Silas Ntagwabira yabwiye UMUSEKE ati: “ Umwana yirukaga ashaka ko bamuhereza umupira, asubira inyuma yitura hasi.  Mwarimu yarampamagaye ambwira ko umwana yagiye muri koma n’abandi barezi duhamagaza imodoka iraza n’ababyeyi be tumujyana mu Bitaro bya Kibogora bavuga ko ubwonko bwe bwahise businzira”.

Ikindi ni uko ngo uwo mwana nta bundi burwayi yari afite kugeza ubwo yahuraga n’iki kibazo

Icyakora ngo uwo mwana yari amaze igihe gito abwiye ababyeyi be ko  atameze neza, ibi byago bibaye bataramujyana kwa muganga ngo bamenye uko ubuzima bwe bwifashe.

Uwo mwana yaraye ashyinguwe.

TAGGED:NyamashekeRwandaUmunyeshuri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Y’Uburusiya Na Ukraine Igiye Gufata Indi Sura
Next Article Imibu Iva Hakurya Yanduza Abanyarwanda Malaria – Min Nsazimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Amerika Yagabye Igitero Muri Syria

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

You Might Also Like

Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?