Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Pasiteri ‘Inzahuke’ Yasezeweho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyarugenge: Pasiteri ‘Inzahuke’ Yasezeweho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2023 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu b’ingeri zose baturutse hirya no hino muri Kigali n’ahandi, bahuriye mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge kura no basezere kuri Pesiteri Theogene Niyonshuti bitaga inzahuke uherutse kugwa mu mpanuka yabereye muri Uganda.

Umuvugizi aherutse kuvuga ko Pasiteri Niyonshuti yaguye mu mpanuka ubwo yari avuye kuzana abashyitsi be muri Uganda.

📸AMAFOTO📸

Mu Rusengero rwa ADEPR i Nyarugenge hari kubera umuhango wo gusezera kuri Past Niyonshuti Theogene witabye Imana azize impanuka.

Ni umuhango witabiriwe n'imbaga y'abakristo, abavandimwe n'inshuti za nyakwigendera. pic.twitter.com/wPN6h2BjdM

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) June 28, 2023

Inzahuke yari umwe mu bapasiteri bakunzwe kurusha abandi mu Rwanda kubera uburyo bwe bwihariye bwo kwigisha ijambo ry’Imana akoresheje amashyengo ariko akagera abantu ku mutima.

Yavugaga kenshi ko Imana yamutabaye imuvana mu biyobyabwenge byari byaramubase.

Pasitori Theogene Niyonshuti yapfuye nyuma yaho yari amaze iminsi mu bikorwa by’ivugabutumwa mu Karere ka Bugesera, muri Zion Temple Ntarama.

TAGGED:featuredImpanukaInzahukePasiteriRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Malawi Yakiriwe Mu Bihugu By’Umuhora Wo Hagati Birimo N’u Rwanda
Next Article Ubufaransa: Abaturage Bariye Karungu Kubera Umupolisi Wishe Umwana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Rwabuze Gica’ Hagati Ya Ndayishimiye N’Abacuruza Lisansi

Kicukiro: Ikigo Kivura Indwara Z’Umutima Kiruzura Umwaka Utaha

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

IBUKA Ivuga Ko Muri Huye Hamaze Kuboneka Imibiri 301 Mu Mezi Ane

Menya Itegeko Ryavuguruwe Ry’Umutungo Bwite Mu By’Ubwenge Rikurikizwa Mu Rwanda

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

You Might Also Like

Ibidukikije

Hari Abayobozi Muri Guverinoma Bagiye Gusuzumisha Imyotsi Yo Mu Modoka Zabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?