Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Pasiteri ‘Inzahuke’ Yasezeweho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyarugenge: Pasiteri ‘Inzahuke’ Yasezeweho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 June 2023 4:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu b’ingeri zose baturutse hirya no hino muri Kigali n’ahandi, bahuriye mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge kura no basezere kuri Pesiteri Theogene Niyonshuti bitaga inzahuke uherutse kugwa mu mpanuka yabereye muri Uganda.

Umuvugizi aherutse kuvuga ko Pasiteri Niyonshuti yaguye mu mpanuka ubwo yari avuye kuzana abashyitsi be muri Uganda.

📸AMAFOTO📸

Mu Rusengero rwa ADEPR i Nyarugenge hari kubera umuhango wo gusezera kuri Past Niyonshuti Theogene witabye Imana azize impanuka.

Ni umuhango witabiriwe n'imbaga y'abakristo, abavandimwe n'inshuti za nyakwigendera. pic.twitter.com/wPN6h2BjdM

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) June 28, 2023

Inzahuke yari umwe mu bapasiteri bakunzwe kurusha abandi mu Rwanda kubera uburyo bwe bwihariye bwo kwigisha ijambo ry’Imana akoresheje amashyengo ariko akagera abantu ku mutima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yavugaga kenshi ko Imana yamutabaye imuvana mu biyobyabwenge byari byaramubase.

Pasitori Theogene Niyonshuti yapfuye nyuma yaho yari amaze iminsi mu bikorwa by’ivugabutumwa mu Karere ka Bugesera, muri Zion Temple Ntarama.

TAGGED:featuredImpanukaInzahukePasiteriRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Malawi Yakiriwe Mu Bihugu By’Umuhora Wo Hagati Birimo N’u Rwanda
Next Article Ubufaransa: Abaturage Bariye Karungu Kubera Umupolisi Wishe Umwana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?