Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Polisi Yafashe Abamburaga Abantu Babanize
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abamburaga Abantu Babanize

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2025 1:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku bufatanye bw’abaturage, inzego z’ibanze na Polisi, hari abagabo bane bafashwe bakekwaho kwiba abantu babanje kubaniga.

Bafatiwe mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Kimisagara, Umurenge wa Kimisagara muri Nyarugenge.

Abakekwaho urwo rugomo ni Mutabazi Pacifique w’imyaka 20, Nsegiyumva Christian w’imyaka 30, Shyaka Emmanuel w’imyaka 32 na Shyaka Harerimana nawe w’imyaka 30.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police (CIP) Wellars Gahonzire yabwiye Taarifa Rwanda ko abantu biba babanje kuniga abantu ari babi kuko akenshi baba ari abicanyi.

Avuga ko Polisi yari imaze iminsi ishakisha abo bantu baza gufatwa saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri iki Cyumweru.

Yemeza ko Polisi izakomeza gufata abantu nk’abo aho bazaba bari hose.

Ati: “Polisi y’ u Rwanda ntizihanganira abantu bambura abaturage ibyabo cyane cyane abategera abantu mu nzira bakabambura. Tuzabasanga aho babikorera hose tubafate”.

Abafashwe bagiye kuba bafungiwe  Station ya Polisi ya Kimisagara.

Abaturage basabwa gutanga amakuru y’aho bazi abantu biba abaturage kugira ngo bazafatwe bashyikirizwe ubutabera.

TAGGED:AbajuraKunigaNyarugengePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nsanzabaganwa Yashimiwe Imikorere Yamuranze Muri AU Akorana Na Faki
Next Article Uburundi Bwohereje Izindi Batayo Enye Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?