Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Polisi Yafashe Abamburaga Abantu Babanize
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abamburaga Abantu Babanize

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2025 1:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku bufatanye bw’abaturage, inzego z’ibanze na Polisi, hari abagabo bane bafashwe bakekwaho kwiba abantu babanje kubaniga.

Bafatiwe mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Kimisagara, Umurenge wa Kimisagara muri Nyarugenge.

Abakekwaho urwo rugomo ni Mutabazi Pacifique w’imyaka 20, Nsegiyumva Christian w’imyaka 30, Shyaka Emmanuel w’imyaka 32 na Shyaka Harerimana nawe w’imyaka 30.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police (CIP) Wellars Gahonzire yabwiye Taarifa Rwanda ko abantu biba babanje kuniga abantu ari babi kuko akenshi baba ari abicanyi.

Avuga ko Polisi yari imaze iminsi ishakisha abo bantu baza gufatwa saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri iki Cyumweru.

Yemeza ko Polisi izakomeza gufata abantu nk’abo aho bazaba bari hose.

Ati: “Polisi y’ u Rwanda ntizihanganira abantu bambura abaturage ibyabo cyane cyane abategera abantu mu nzira bakabambura. Tuzabasanga aho babikorera hose tubafate”.

Abafashwe bagiye kuba bafungiwe  Station ya Polisi ya Kimisagara.

Abaturage basabwa gutanga amakuru y’aho bazi abantu biba abaturage kugira ngo bazafatwe bashyikirizwe ubutabera.

TAGGED:AbajuraKunigaNyarugengePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nsanzabaganwa Yashimiwe Imikorere Yamuranze Muri AU Akorana Na Faki
Next Article Uburundi Bwohereje Izindi Batayo Enye Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?