Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Polisi Yafashe Abibaga Abantu Bakabatera Ibyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abibaga Abantu Bakabatera Ibyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2025 5:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasore batatu baherutse gufatwa na Polisi nyuma yo kubona amakuru ko biba abantu bakabatera ibyuma.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabwiye Taarifa Rwanda ko abo bantu basanganywe ibyuma, ndetse hari uwafatiwe mu rugo afite icyo cyuma.

Abapolisi bafashe abo bakekwaho ubwo bujura basanzwe bakorera mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Gitega, Akagari ka Gacyamo.

Abafashwe ni Sebanani Emmanuel (yafatanywe icyuma), Musabyeyezu Dieudonee bahimba Nyabugogo na Nsanzumuhire Daniel uyu akaba ari we wafatiwe mu gipangu cy’umuturage yagiye kumwiba yafatanywe icyuma.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Polisi ivuga ko abo bantu biba muri ubwo buryo baba ari abagizi ba nabi ‘ruharwa’ kuko umuntu ujya kwiba yitwaje ibyuma aba ari umwicanyi.

CIP Gahonzire asaba abaturage kwirinda kwishora mu bikorwa by’ubujura n’ubugizi bwa nabi kuko uretse kubifatirwamo bagahanwa ntakindi byabagezaho.

Polisi y’u Rwanda ivuga ishikamye ko itazihanganira umuntu wese uhungabanya umutekano n’ituze by’abatuye u Rwanda.

Abaturage basabwa gukomeza gukorana n’inzego z’umutekano batangira amakuru ku gihe ngo abakekwaho kwica amategeko bakurikiranwe.

TAGGED:AbajuraIbyumaNyarugengePolisiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Prince Kid Wari Warakatiwe Agahunga Yafatiwe Muri Amerika
Next Article Intiti 400 Zisaba Ko Ubwicanyi Bukorerwa Abo Muri DRC Bavuga Ikinyarwanda Buhagarikwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?