Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyaruguru: Abana Basanze Umugore Yiciwe Mu Murima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyaruguru: Abana Basanze Umugore Yiciwe Mu Murima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 August 2023 10:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umuhanda uhuza Nyaruguru na Huye
SHARE

Mu Mudugudu wa Umurambi, Akagari ka Mubuga muri Kibeho mu Karere ka Nyaruguru haravugwa umurambo w’umugore uherutse kubonwa n’abana bari bagiye kwahira ubwatsi mu gitondo kare. Abahageze basanze ubwo mugore yakubiswe igikoresho bahingisha kitwa majagu.

Hari abantu batanu batawe muri yombi bakekwaho ubwo bwicanyi.

Bakekwaho kwica umugore bamusanze mu murima aho yari yagiye gukura ibijumba.

Byabaye taliki ya 20, Kanama, 2023.

Uwapfuye yitwaga Mukandori Béatha w’imyaka 48 y’amavuko.

Inzego z’umutekano zagiyeyo zisanga kuko uriya mugore yishwe.

Uko bigaragara, abamwishe baranamushinyaguriye kubera ko  umubiri we ufite ibikomere mu mutwe, mu maso huzuye amaraso kandi isura ye ntigaragara neza.

Umurambo wari uryamye mu murima hirya hari ibijumba yari amaze gukura nk’uko UMUSEKE wabyanditse.

Ikindi ni uko nta muntu uzwi bari bafitanye ikibazo.

Meya  w’Akarere ka Nyaruguru, Murwanashyaka Emmanuel avuga ko iyi nkuru bayimenye kandi ngo inzego z’umutekano ziri mu iperereza.

TAGGED:AbanafeaturedNyaruguruUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Eric Mbirizi Yavuye Muri Rayon
Next Article Minisiteri Yari Yarashyiriweho Kurinda Leta Ibihombo Yakuweho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?